• Mon. Sep 16th, 2024

NATO

  • Home
  • Umuryango w’ubumwe bw’u Burayi uravugwamo ku jegajega.

Umuryango w’ubumwe bw’u Burayi uravugwamo ku jegajega.

Umuryango w’ubumwe bw’u Burayi uravugwamo ku jegajega. Ni isuzumwa ryakozwe n’ishirahamwe rya NATO aho ngo warikoze usanga u Burayi budafashe mu buryo bw’ubwirinzi. Hagati muri uku kwezi kwa karindwi, intambara…

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yagiriye uruzinduko muri Ukraine rutunguranye aho yasezeranije iki gihugu ibirimo kubacira n’inzira.

Umunyamabanga wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Antony Blinken yageze muri Ukraine bitunguranye. Ni kuri uyu wa Kabiri tariki ya 14/05/2024, nibwo Antony Blinken yageze muri Ukraine aho ari muruzinduko rwakazi,…

U Burusiya ngo burashaka gutera kimwe mu bihugu byo mu muryango wa NATO.

I Gihugu cy’u Budage cyatangaje ko u Burusiya buteganya gutera u muryango mpuzamahanga wa NATO uzwi nk’u w’ubwirinzi. Ni byatangajwe na minisitiri w’ingabo z’igihugu cy’u Budage, Boris Pistorius, ubwo yari…