• Tue. Sep 17th, 2024

Havuzwe amakuru mabi y’indege y’u Burusiya yaburiwe irengero.

Share with others

Havuzwe amakuru mabi y’indege y’u Burusiya yaburiwe irengero.

Ni amakuru yashyizwe hanze n’ikigo cy’u Burusiya gishinzwe ubwikorezi bwo mu kirere, aho cyavuze ko indege ya Kajugujugu yo mu bwoko bwa Mi-8 y’Ingabo z’iki gihugu yaburiwe irengero kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 31/08/2024.

Iy’i ndege yo mu bwoko bwa Mi-8 yahagurukiye neza Hafi n’ikirunga cya Vachkazhet giherereye mu karere ka Kamchatka, ikaba ngo yarimo kwerekeza mu Burasirazuba bw’iki gihugu, nk’uko iki kigo gishinzwe ubwikorezi cya bivuze.

Cyanatangaje kandi ko iyi ndege ko itabashije kugera aho yarimo kuja, ariko nticyasobanura neza agace iyo ndege yaba yaburiyemo, usibye gutangaza ko iyi ndege y’intambara yo mu bwoko bwa Mi-8 .

Ahagana mu mwaka w’ 1961, bivugwa ko aribwo u Burusiya bwatangiye gukoresha iz’i ndege zo mu bwoko bwa Mi-8 za Kajugujugu. Ndetse kandi byemezwa ko izi ndege ziri mu zikora operasiyo neza.

MCN.

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *