• Tue. Sep 17th, 2024

Month: August 2024

  • Home
  • U Rwanda na Congo Kinshasa byashimiwe ku myanzuro yafatiwe i Luanda mu gihugu cya Angola.

U Rwanda na Congo Kinshasa byashimiwe ku myanzuro yafatiwe i Luanda mu gihugu cya Angola.

U Rwanda na Congo Kinshasa byashimiwe ku myanzuro yafatiwe i Luanda mu gihugu cya Angola. Ni Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zashimye u Rwanda na Congo Kinshasa byemeye gukomeza ibiganiro bigamije…

Bidasanzwe umwe mubigeze kubera kimwe mu bihugu byo muri Afrika, umukuru w’igihugu yakatiwe gufungwa imyaka irenga 19.

Captain Dadis Camara wayoboye Gunea Conakry, urukiko rwo muri Guinea Conakry rwamukatiye gufungwa imyaka 20 kubera ibyaha byibasiye ikiremwa muntu muri icyo gihugu ubwo yari akikiyoboye. Amakuru ava iyo avuga…

Abanyarwanda bahawe ubusobanuro ku cyatumye insengero zirenga 180 zifungwa.

Abanyarwanda bahawe ubusobanuro ku cyatumye insengero zirenga 180 zifungwa. Mu ntangiriro z’iki Cyumweru turimo, nibwo insengero zirenga 180 zafunzwe mu gihugu cy’u Rwanda, nk’uko byatangajwe n’igipolisi cy’iki gihugu. Mu gutanga…

Hahishuwe ibyo igihugu cya Koreya ya Ruguru gitegura gukora, mu gihe Donald Trump yotsinda amatora.

Hahishuwe ibyo igihugu cya Koreya ya Ruguru gitegura gukora, mu gihe Donald Trump yotsinda amatora. Igihugu cya Koreya ya Ruguru kirashaka gutangiza ibiganiro na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ku mbunda…

Umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa wagize icyo uvuga ku myanzuro yafatiwe i Luanda.

Umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa wagize icyo uvuga ku myanzuro yafatiwe i Luanda. Ni bikubiye mu itangazo ryashizweho hanze n’umuvugizi wa M23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka kuri…

Aka FDLR ngo kaba kagiye gushoboka nyuma yibyemeranijweho muri Angola.

Aka FDLR ngo kaba kagiye gushoboka nyuma yibyemeranijweho muri Angola. Leta ya Kigali, iya Kinshasa na Angola zemeje ko umutwe w’iterabwoba wa FDLR ufite ibirindiro mu Burasirazuba bwa Repubulika ya…

Byamenyekanye ko perezida Félix Tshisekedi arembeye mu gihugu kiri hanze ya Afrika.

Byamenyekanye ko perezida Félix Tshisekedi arembeye mu gihugu kiri hanze ya Afrika. Ni amakuru akubiye mu itangazo riheruka gushirwa hanze n’ibiro by’umukuru w’igihugu cya RDC, avuga ko uyu mukuru w’igihugu…