• Tue. Sep 17th, 2024

Month: August 2024

  • Home
  • Umutwe wa Red Tabara, wa teguje Ingabo z’u Burundi ku zikubita bidasubirwaho.

Umutwe wa Red Tabara, wa teguje Ingabo z’u Burundi ku zikubita bidasubirwaho.

Umutwe wa Red Tabara, wa teguje Ingabo z’u Burundi ku zikubita bidasubirwaho. Ni bikubiye mu itangazo uyu mutwe wa Red Tabara washyize hanze kuri uyu wa Kane tariki ya 29/08/2024,…

Igitero kidasanzwe cy’ingabo za Israel cyahitanye abantu benshi muri West Bank.

Igitero kidasanzwe cy’ingabo za Israel cyahitanye abantu benshi muri West Bank. Abantu barenga 18 ni bo baguye mu gitero Ingabo za Israel zagabye gikaze mu majyaruguru ya West Bank. Iki…

Igisirikare cya RDC cyongeye gukomoza ku myiteguro kirimo yo gutera u Rwanda.

Igisirikare cya RDC cyongeye gukomoza ku myiteguro kirimo yo gutera u Rwanda. Umuvugizi w’ingabo za za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), Major Gen Sylvain Ekenge aherutse guhakana amakuru yaregaga…

Perezida Kagame, yirukanye abarimo ufite ipeti rya General mu ngabo z’u Rwanda.

Perezida Kagame, yirukanye abarimo ufite ipeti rya General mu ngabo z’u Rwanda. Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame, akaba n’umugaba w’ingabo za RDF, yirukanye ba ofisiye 19 barimo Maj Gen…

U Burusiya bwamenye amakuru akomeye y’abarwanyi benshi bari gufasha Ukraine ku rwana.

U Burusiya bwamenye amakuru akomeye y’abarwanyi benshi bari gufasha Ukraine ku rwana. Ni bikubiye mu byatangajwe na Radio Miroshnik yo mu Burusiya, ivuga ko Leta y’iki gihugu cy’u Burusiya yavumbuye…

Polisi ya Uganda yatanze ubusobanuro ku mugabo wafatanywe uduhanga tw’abantu.

Polisi ya Uganda yatanze ubusobanuro ku mugabo wafatanywe uduhanga tw’abantu. Igipolisi cya Uganda, binyuze mu muvugizi wacyo, Patrick Onyango yavuze ko umugabo wafatanywe ibihanga by’abantu 24 ko ashobora kuba yabikoreshaga…

Leta ya Benjamin Netanyahu wa Israel, yahagurukiwe n’abavuga ko bazashirwa aruko yavuyeho.

Leta ya Benjamin Netanyahu wa Israel, yahagurukiwe n’abavuga ko bazashirwa aruko yavuyeho. Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Israel, ryahamagariye andi guhaguruka agakuraho Guverinoma iriho muri iki gihugu, iyobowe na minisitiri…

Ibyangirijwe n’amasasu umusirikare wa FARDC warashe mu Rwanda byamenyekanye.

Ibyangirijwe n’amasasu umusirikare wa FARDC warashe mu Rwanda byamenyekanye. Hari igihe c’isaha ya saa sita zamanywa yo kuri uyu wa Kane tariki ya 29/08/2024, umusirikare wo mu ngabo za Repubulika…

AFC yagize ibindi itangaza, ndetse itabariza n’umunyakenya washimuswe n’ingabo za RDC.

AFC yagize ibindi itangaza, ndetse itabariza n’umunyakenya washimuswe n’ingabo za RDC. Bi kubiye mu itangazo iri huriro rya AFC ryaraye rishyize hanze muri iri joro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu…

Ibyinshi wa menya ku biganiro biri kubera i Beijing, aho biri guhuza Amerika n’u Bushinwa.

Ibyinshi wa menya ku biganiro biri kubera i Beijing, aho biri guhuza Amerika n’u Bushinwa. Ni ibiganiro byahuje umujanama mukuru mu by’umutekano mu biro bya perezida wa Leta Zunze Ubumwe…