• Thu. Sep 12th, 2024

Month: August 2024

  • Home
  • Havuzwe amakuru mabi y’indege y’u Burusiya yaburiwe irengero.

Havuzwe amakuru mabi y’indege y’u Burusiya yaburiwe irengero.

Havuzwe amakuru mabi y’indege y’u Burusiya yaburiwe irengero. Ni amakuru yashyizwe hanze n’ikigo cy’u Burusiya gishinzwe ubwikorezi bwo mu kirere, aho cyavuze ko indege ya Kajugujugu yo mu bwoko bwa…

Muri RDC hatanzwe ikamba rya ‘miss universe.”

Muri RDC hatanzwe ikamba rya ‘miss universe.” Mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, hatanzwe ikamba ry’umukobwa uhiga abandi mu irushanwa rya ‘Miss Univers’ ryegukanwe na IIda Amani, mu…

Icyatumye umugaba w’ingabo za Ukraine zirwanirira mu kirere yirukanwa cyamenyekanye.

Icyatumye umugaba w’ingabo za Ukraine zirwanirira mu kirere yirukanwa cyamenyekanye. Umukuru w’igihugu cya Ukraine, Volodymyr Zelensk, yirukanye umugaba w’ingabo z’iki gihugu cye zirwanira mu kirere, Gen Nikolay Oleshchuk, nyuma y’impanuka…

Hamenyekanye icyatunye Perezida Tshisekedi yirukana intumwa ye Tshibangu.

Hamenyekanye icyatunye Perezida Tshisekedi yirukana intumwa ye Tshibangu. Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi yirukanye kumirimo Serge Tshibangu wari intumwa ye yihariye ishinzwe gukurikirana ibiganiro bya…

Ibyo wa menya ku mirwano iheruka, yasakiranije Twirwaneho na Maï Maï Bishambuke mu misozi y’Imulenge.

Ibyo wa menya ku mirwano iheruka, yasakiranije Twirwaneho na Maï Maï Bishambuke mu misozi y’Imulenge. Ni imirwano yabaye ku gicamunsi cyo ku wa gatanu tariki ya 30/08/2024, aho yabereye mu…

Abasirikare bakuru bo mu ngabo z’u Rwanda barimo Gen Kazura, bashizwe mu kiruhuko cy’izabukuru.

Abasirikare bakuru bo mu ngabo z’u Rwanda barimo Gen Kazura, bashizwe mu kiruhuko cy’izabukuru. Gen J.Bosco Kazura wigeze kuba umugaba w’ingabo z’u Rwanda ari mu basirikare 1.167 bashyizwe mu kiruhuko…

Hatangajwe icyatumye ingabo za Kenya zongera koherezwa mu Burasirazuba bwa RDC.

Hatangajwe icyatumye ingabo za Kenya zongera koherezwa mu Burasirazuba bwa RDC. Ni byatangajwe n’u butegetsi bwa Kinshasa, binyuze kuri minisitiri wayo w’ubabanye n’amahanga, aho yasobanuye ko ingabo za Kenya zoherejwe…

Indege y’intambara ya Ukraine iri mu zikomeye yashwanyagurijwe mu gitero cy’u Burusiya.

Indege y’intambara ya Ukraine iri mu zikomeye yashwanyagurijwe mu gitero cy’u Burusiya. Byatangajwe n’abayobozi bo mu gihugu cya Ukraine, aho bavuze ko imwe mu ndege z’intambara zo mu bwoko bwa…

Ifungwa rya Dr Mbera, wafungiwe muri Kivu y’Epfo, ryongeye kugaragaza ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge.

Ifungwa rya Dr Mbera, wafungiwe muri Kivu y’Epfo, ryongeye kugaragaza ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge. Ku Cyumweru tariki ya 25/08/2024, nibwo urwego rushinzwe iperereza muri Kivu y’Amajy’epfo rwataye muri yombi bwana Dr…

Kinshasa yasabye ICC gukora iperereza ku Rwanda.

Kinshasa yasabye ICC gukora iperereza ku Rwanda. Ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 29/08/2024, Repubulika ya demokarasi ya Congo, binyuze kuri minisitiri wayo w’ungirije w’ubutabera, Samuel Mbemba, ushinzwe imanza mpuzamahanga,…