Uvira harimyigaragambyo idasanzwe yokwamagana ko Ministries w’ibikorwa remezo muri RDC Alexis Gisaro Muvunyi, ko adakwiye gukandagira murako gace ngo ni Umunyarwanda.
Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 25/07/2023, saa 7:30Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Soseyete Sivile muri Uvira homuri Kivu yamajy’Epfo, mugihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, yateguye imyigaragambyo idasanzwe. Ni myigaragambyo igamije gusaba leta ya Kinshasa kubakorera umahanda wa 5(RN5) ndetse nokwamagana ko Minisitiri w’ibikorwa remezo Alexis Gisaro ko adakwiye gukandagira kubutaka bwabo aho bavuga ko ari umunyarwanda.
Iyi myigaragambyo yateguwe n’abarimo Wazalendo ndetse na Soseyete nsha yabaturage ( N.S.C.C ). Mwitangazo irishirahamwe bashize hanze kuva kuruyu wambere banditse bamenyesha abantu bose baturiye Uvira ibi bikurikira:
“Turamenyesha abantu bose ko kuruyu wa Kabiri tariki 25/07, ko ntamuntu ugomba kuzagira akazi akariko kose akora. Ba Lourage turabasaba kutazaja mu mihanda ngo basabe abagenzi ibyangombwa. Ikindi nuko tudashaka imodoka, moto, ikinga ndetse nikinyabiziga icarico cyose mu Muhanda. I Barabara rya 5( RN5),turasaba ko ryubakwa.”
Irishirahamwe kandi rirasaba aba baturage ba Uvira ko kuwa Gatatu bakwiye kuzitabira indi myigaragambyo izaba ariyo kwamagana ko leta ya Kinshasa idakwiye gufungira abarobyi kuroba mukiyaga Tanganika.
Ibi bikaba byateje umwuka mubi Uvira n’imugihe hakomeje kugaragara inyandiko bari gushira kubibambazi bya mazu zanditseho ko badashaka kubona Minisitiri w’ibikorwa remezo Alexis Gisaro ngo nabambari be ngo Kuko Alexis Gisaro ari umunyarwanda nkuko baby’ivugira.
Banditse bamenyesha bati: “Twebwe abaturage ba Uvira ntidushaka ko uwitwa Nyakubahwa Alexis Gisaro Muvunyi akandagira kubutaka bwacu, kuko uwo ni Umunyarwanda. Abambari be ntitubashaka nagato, uzapima akinjira tuzamugirira nabi.”
Ukuri Umujyi wa Uvira Bwana Kiza Muhato, yamaganye iyo myigaragambyo asaba ko abayiteguye babihagarika vuba nabwangu.
Ati: “Ndabamenyesha ko ndashaka ko mukora iyo myigaragambyo, niba munayikoze mubikore mumuco kandi mukurikije ibisabwa na mategeko abagenga.”
Amakuru yizewe tumaze kwakira Kuri Minembwe Capital News, nuko muraka kanya ntakinyabiziga kiriguca mu muhanda kuko Wazalendo bamaze gufunga amayira yose.
Simply want to say your article is as astonishing. The clearness in your post is just great and i could assume you’re an expert on this subject. Well with your permission let me to grab your RSS feed to keep updated with forthcoming post. Thanks a million and please keep up the enjoyable work.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Simply want to say your article is as astonishing. The clearness in your post is just great and i could assume you’re an expert on this subject. Well with your permission let me to grab your RSS feed to keep updated with forthcoming post. Thanks a million and please keep up the enjoyable work.