Umutekano muri Minembwe ngo waba wamaze kuzamo agatotsi nyuma yuko General Andre Ohenzo, ategetse ko ingabo ze zigiye kuza zikorera Patruille mubice byo Mumalango.
Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 27/06/2023, saa 7:20Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Nyuma yaho Colonel Ekembe agereye muri Minembwe ava Uvira aho yaramaze igihe kingana nukwezi kurenga, bivugwa ko umutekano wa Minembwe, usa nuwajemo agatotsi. Nimugihe kuruyu Wambere, Gen Andre Ohenzo yahamagariye ingabo ze kuja zija gukora Patruille mubice byo Mumalango, ahabarizwa abaturage b’Irwanaho. Kuruyu wambere byari biteganijwe ko Gen Andre Ohenzo, azaja gusura abaturage ba Kabingo aho byari biteganijwe ko azajana naba Notable bagize akarere ka Minembwe.
Urugenzi rwo gusura abaturage ba Kabingo, rwasubitswe muburyo burimo amakemwa dore ko mukwezi Kwa Gatanu uyumwaka wa 2023, Gen Andre Ohenzo, yabwiye Abanya-Minembwe, ko agiye kuzaza sura imihana itandukanye igize akarere ka Minembwe. Ibi yabivuze ubwo yasuraga itorero rya Methodist Libre rya Kiziba. Aho yanahise asezeranya Abanya-Gahwela ko vuba azabasura. Agace ka Gahwela, nagace kakunze kwibasigwa nibitero bya Mai Mai Bishambuke.
Kumunsi w’ejo hashize, tariki 26/06/2023, Gen Andre Ohenzo, akaba yarateguje ingabo ze kwitegura kuza zija gukora Patruille mubice byo Mumalango ho mumajy’Epfo ya Komine Minembwe. Ibice byo Mumalango, nibice birimo abaturage b’Irwanaho bomwitsinda rya Twirwaneho.
Iz’ingabo za FARDC zo muri 12ème brigade iyobowe na General Andre Ohenzo, ziheruka gukora intambara yeruye zihangana nabaturage b’Irwanaho tariki 29/12/2022. Nintambara yasize Twirwaneho ifungiye Fardc kurenga mubice byo Mumalango.
Kuba rero Gen Andre Ohenzo, ategetse ko ingabo ze zigera mu Malango ngobyaba aragasomborotso kubagize itsinda rya Twirwaneho.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.