Yanditswe n’a: Bruce Bahanda, kw’itariki 19/07/2023, saa 10:00pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Hubatswe inzu zigera kuri magana abiri(200), n’inzu zubakishijwe hasi ibiti, hejuru zigasakazwa Amabati(Amanjanja). Izo nzu nkuko amakuru abivuga nizo zirikubakirwa abasizwe heru, nibiza biheruka gutera muri territoire ya Kalehe ho muntara ya Kivu yamajy’Epfo, mukwezi kwa Kane kuyumwaka.
Bikavugwako izo nyubako zubatswe kumusozi uri kubitometero 30, uvuye Bishushu na Nyamukubi kumusozi wa Loako ahigeze kuba ikibuga cindege . Inyubako zirakomeje ariko ininshi zikaba zimaze kuzura nkuko Minembwe Capital News yabwiye ayamakuru.
Nkuko bikomeza bivugwa nuko izo nzu zi zubakwa muburyo bukurikira Kuvakunzu imwe uja kuyindi hazaba hagizwe na metero 5, kuri 6 uva kunzu ugera kuyindi. Burinzu izaba igizwe n’ibyumba 2, nu ruganiriro rumwe, ahokogera ndetse izo nzu zikazashigwamo na Madari ariko inzu yasurwumwe izaza ikoreshwa ningo zibiri (2).
Aya Mashirahamwe akaba yahawe akazi ndetse ategwa n’inkunga na Fondation Denise Nyakeru ya madame wa Perezida Félix Antoine Tshisekedi, wa Republika ya Democrasi ya congo.
Kandi ko icyari cyarakerereje iki gikorwa nuko urubyiruko rwo muriyo territoir rwari rwaraguwe nabi kuko akazi kugufasha abubatsi Karimo gahabwa abandi kandi nabo Bari Bari bakifuza kugirango babone amafaranga yokubatezimbere doreko bagizweho ingaruka zikomeye ninvura ninshi yaguye ukwezi kwakane gushize.
Tubibutse ko kandi burinzu izabamo umuryango umwe cangwa urugo rumwe naho Fondation Desise Nyakeru ikaba yibutsa abantu bose ko badakwiye gucyikintege ko nabo bazagezwaho ubwo bufasha.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.