I Sake, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, haravugwa abasirikare icenda (9) barimo Ingabo za SADC baje gufasha FARDC kurwanya M23 bishwe abandi barenga batatu bo mu Ngabo za RDC bafatwa mpiri.
Ni mu mirwano yabaye kumunsi w’ejo hashize tariki ya 12/01/2024, aho yarimo ihuza M23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC, byemezwa neza ko iriya mirwano yabereye mu gace ka Birere, gaherereye mu nkengero za Sake.
K’u mugoroba w’ejo hashize k’uwa Gatanu,umuvugizi w’igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lt Colonel Njdike Kaiko Guillaume yashinje M23 gutera ikibombe muri Birere ariko avugako nta we cyakomerekeje cyangwa ngo kigire uwo gihitana.
Gusa ibi ntacyo umutwe wa M23 urabivugaho.
Mu makuru yizewe Minembwe Capital News, imaze kwakira n’uko mu mirwano yahuje Ingabo z’u mutwe wa M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa harimo n’Ingabo za SADC n’uko icyenda k’uruhande rwa leta ya Kinshasa bahasize ubuzima abandi batatu mu Ngabo za RDC bafatwa amatekwa, mu bapfuye bya vuzwe ko abenshi arabo muri SADC.
Ubushize umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, major Willy Ngoma, yabwiye itangaza makuru ko batazigera bemerera ihuriro ry’Ingabo za RDC ko ba bambura nibura santimetre imwe mu bice bafite.
Yagize ati: “Mubice tugenzura ihuriro ry’Ingabo za RDC ntizishobora ku twambura habe na santimetre imwe, hubwo twe tuza komeza gufata ahandi.”
Ni kenshi kandi major Willy Ngoma yagiye asobanura ko M23 yo mu mwaka w’2013 itandukanye kure niya 2023.
Aha yarimo avuga ko Ingabo z’u muryango w’Afrika y’Amajy’epfo SADC ko zatsinze M23 yo mu mwaka w’2013 ariko kubu bitoshoboka.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.