Abasirikare b’u Burundi, boherejwe mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bashinjwe n’Ibyaha birimo no gufata abagore ku ngufu.
Ni byatangajwe n’umuryango wa Burundi Human Rights initiative(BHRI), uyu muryango uharanira uburenganzira bw’Amuntu. Ibi wabisohoye kw’itariki 15/12/2023.
Muri raporo bashize hanze igaragaza ko abasirikare b’u Burundi batangiye gusambanya abagore ku ngufu ba banyekongo, guhera mu mpera z’u mwaka w’2021, ubwo boherezwa ga mu misozi miremire y’Imulenge, ho mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu buryo bwa TAFOC.
Iy’i raporo igira it: “Bariya banyekongo bahohotewe imiryango yabo yavuze ko usibye n’igisirikare ahubwo ko n’Imbonerakure z’ikorana n’Igisirikare ca leta ya Bujumbura, ko bafashe abagore ku ngufu, barafunze, barahohoteye no gushimuta. Ibyo bakoze binyuranyije n’amategeko.”
Uy’u muryango wa BHRI, wanatanze akarorero, kavuga ko “ahagana mu kwezi kwa Cyenda 9, umwaka w’ 2022, bariya basirikare b’u Burundi bafashe ku ngufu umugore wari kumwe na muramukazi we, bamusambanyiriza mu maso y’Abana batatu.”
Munyandiko uyu muryango washize hanze zikomeza zivuga ko nyuma y’uriya mudamu wafashwe kungufu mu maso y’Abana, hari n’abandi abasirikare b’u Burundi bakomeje guhohotera. Mu bimenyetso bagaragaje n’uko abo basirikare babaga bambaye umwambaro w’igisirikare c’u Burundi kandi bavuga n’ururimi rw’Ikirundi.
Imiryango Mpuzamahanga n’iyimbere mu gihugu c’u Burundi, basabye ko hokorwa iperereza ry’Imbitse kuri ubwo busambo bwakozwe n’igisirikare c’u Burundi mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Iy’i miryango kandi irasaba ko perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, ko yatanga uburenganzira iryo perereza rigakorwa.
Igisirikare c’u Burundi, kimaze igihe kingana n’imyaka ikabakaba itatu ku butaka bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, aho bivugwa ko bagiye gufasha FARDC kurwanya imitwe y’inyeshamba y’itwaje Imbunda irimo n’ikomoka mu gihugu c’u Burundi, nka Red Tabara, FNL ya Gen Aloys Nzabampema n’Indi.
Abasirikare b’u Burundi kandi bari baroherejwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bashinjwe kuba barafatanije n’Awazalendo na FDLR, irimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda. Bariya basirikare bari mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, m’urwego rwa EAC.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.