Ihuriro ry’ingabo za Kinshasa, FDLR, Gumino, FARDC na Maï Maï, bagabye igitero kigamije kurimbura abaturage ba Batutsi(Abanyamulenge), baturiye Localite ya Kahororo, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.
U mutwe w’inyeshamba wa Gumino na FDLR irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda ndetse na FARDC ingabo za RDC bihuje na Maï Maï ishinjwa kwica no kunyaga Inka zabo m’ubwoko bw’Abatutsi (Abanyamulenge), maze bagaba ibitero bigamije kurimbura abaturage bo mu bwoko bw’Abatutsi (Abanyamulenge), baturiye mugace ka Nyakamungu.
Uy’u Muhana munini wa Nyakamungu, ubalizwa muri Localite ya Kahororo, gurupema ya Kigoma, muri teritware ya Uvira , mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.
Kumunsi w’ejo hashize n’ibwo byavuzwe ko ririya huriro ry’ingabo za Kinshasa, FDLR, FARDC, Gumino na Maï Maï kobazamutse k’urwanya abaturage baturiye ibyo bice tumaze kuvuga haruguru ni m’urwego rwogusenyera Abatutsi bo muri Kivu y’Amajy’epfo.
Harihagize igihe uriya musirikare ukuriye u mutwe wa Gumino, wiyita Colonel Alexis Nyamusaraba , akoresha i Nama mu baturage bo m’ubwoko bw’Apfulero aho byavuzwe ko ziriya Nama yazikoresheje mubice byinshi harimo niyo yakoresheje muri Localite ya Gitoga ahazwi nka gace gatuyemo Abapfulero benshi abasaba guhaguruka bakarwanya Abatutsi ngo kuko bakorana na leta ya Perezida Paul Kagame w’u Rwanda.
Ibi biri mubyatunye Col Alexis Nyamusaraba yihuza n’Interahamwe (FDLR) na Maï Maï ndetse na FARDC kugira barwanye buriya bwoko bw’Abatutsi (Abanyamulenge) aho muri iki Gitondo co kw’itariki 21/11/2023, bahise bagaba ibitero bakoresheje imbunda ziremereye barasa u muhana utuwe n’abaturage benshi bo m’ubwoko bw’Abatutsi (Abanyamulenge).
Minembwe Capital News, yabwiwe ko biriya bitero byatangiye igihe c’isaha z’igitondo cyakare Saha 5:30Am). Uriya Muhana bagabyemo ibitero nta baturage b’irwanaho baharangwa hubwo hari hatuwe n’abaturage gusa nk’uko iy’inkuru twayihawe na Isaac Byinshi, umwe mubaturage baturiye ibyo bice.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.