Ubuyobozi bw’u mutwe wa M23 bwongeye ku burira imiryango Mpuzamahanga n’iyimbere mu gihugu ku bugome n’ubwicanyi bukorwa n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo bafatikanije n’ingabo z’u Burundi (FDNB) ndetse n’imitwe y’inyeshamba ifasha ingabo za RDC kurwanya M23.
Ibi ni byashizwe hanze n’umuvugizi wa ARC/M23, mubyapolitike bwana Lawrence Kanyuka, aho yakoresheje u Rubuga rwa X rwahoze rwitwa Twitter.
Kanyuka yagize ati: “Twongeye gushimangira kubyo dukomeza kubwira imiryango Mpuzamahanga n’amashirahamwe arengera ikiremwa muntu ko ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, n’ingabo z’u Burundi(FDNB) ndetse n’imitwe y’itwaje imbunda irimo FDLR, Wagner na Wazalendo ko bakomeje guteza ikibazo abaturiye teritware ya Masisi no munkengero zayo.”
Uy’u muvugizi w’u mutwe wa M23 yakomeje agaragaza ko biriya bisasu biterwa n’ihuriro ry’ingabo za Kinshasa, ko biterwa ahatuwe n’abaturage bikarangira biteje ingaruka mbi ku baturiye ibyo bice byo muri teritware ya Masisi. Nk’uko yabigaragaje n’uko no muri iki Gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, tariki 02/12/2023, ririya huriro ry’ingabo za Kinshasa zongeye gutera ibisasu muri Kilolirwe no munkengero zayo kandi bikaba byarashwe ahatuwe n’abaturage.
Ubushize mubice bya Grupema ya Kibumba homuri teritwari ya Nyiragongo, ibisasu byarashwe n’indege z’intambara zom’ubwoko bwa SUKHOÏ-25 zirashwe nari riya huriro ry’ingabo za RDC byasize bikomerekeje abarenga 6 abandi babiri barapfa.
Ni mugihe kandi haheruka kwerekanwa Inka zabo m’ubwoko bw’Abatutsi za komerekejwe n’ibisasu byarashwe n’ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa. Hakaba harerekanwe n’amashusho uburyo zarimo zivirirana amaraso.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.