U mutwe w’inyeshamba wa Red Tabara, urwanya ubutegetsi bw’u Burundi na Maï Maï Bishambuke irwanya u bwoko bw’Abatutsi, bongeye kugaba ibitero bikomeye mubice biherereye mu nkengero za Komine Minembwe, muri teritware ya Fizi, i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.
N’i urugamba rurimo kumvikanamo imbunda ziremereye n’izito, kuva igihe c’isaha za samoya(7:00Am), z’igitondo cyakare kugeza ubu amasaha y’igicamunsi, cyokuri uyu wa Kane, tariki 16/11/2023. Nk’uko iy’inkuru igera kuri Minembwe Capital News, ivuga ko izo Nyeshamba zagabye ibitero mu baturage ba Banyamulenge, baturiye inkengero za Komine Minembwe.
Umwe mu baturage baturiye Komine Minembwe, yabwiye Minembwe Capital News, ko abaturage b’irwanaho bo mwitsinda rya Twirwaneho, batabaye abaturage maze barwana ku baturage aho ndetse baje gusubizayo ibyo bitero bya Red Tabara na Maï Maï Bishambuke.
Mu makuru yizewe tumaze guhabwa aka kanya n’uko kuri ubu Urugamba ruremeye mubice bya Bipimo, hejuru ya Kabanju na Bikarakara, homuri Secteur ya Lulenge, muri teritware ya Fizi.
Agace ka Bikarakara, nagace gaherereye mu bilometre 5 na Komine Minembwe, ka kaba katurutsemo abarwanyi benshi ba Red Tabara baje bava muri Rugezi ahari ibirindiro bikuru bya Red Tabara. Bikarakara iri hakurya y’uruzi runini rwa Rwiko, ikaba ibarizwa hagati ya Gakangara na Kabingo.
Iy’imirwano yongeye kwaduka mugihe hari hamaze igihe hari agahenge kamahoro mu misozi miremire y’Imulenge. Byavuzwe ko ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, zikorera muri Minembwe, ko zitegeze zitabara abaturage bagabweho ibitero naziriya Nyeshamba.
Ibi byatumye haba urwikekwe mubaturage baturiye Minembwe, ko Red Tabara na Mai Mai Bishambuke, koboba bagabye biriya bitero kubutumire bw’ingabo za FARDC ziyobowe na Brigadier General Andre Oketi Ohenzo na Colonel Alexis Rugabisha.
Aho n’umwaka wa 2020 ziriya Ngabo za RDC zakoranaga byahafi n’inyeshamba za Mai Mai mukugaba ibitero mu baturage ba Batutsi(Abanyamulenge), byasize bihitanye Abanyamulenge babarirwa mu magana ndetse binyaga n’Inka zabo zibarirwa mu bihumbi amagana.
hello there and thank you for your information –
I’ve certainly picked up anything new from right here.
I did however expertise some technical points using
this website, as I experienced to reload the site many times
previous to I could get it to load properly. I
had been wondering if your hosting is OK?
Not that I’m complaining, but slow loading instances times
will often affect your placement in google and could damage your high-quality score if ads and marketing
with Adwords. Well I am adding this RSS to my e-mail and can look out for
much more of your respective interesting content. Ensure that you
update this again very soon.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
hello there and thank you for your information –
I’ve certainly picked up anything new from right here.
I did however expertise some technical points using
this website, as I experienced to reload the site many times
previous to I could get it to load properly. I
had been wondering if your hosting is OK?
Not that I’m complaining, but slow loading instances times
will often affect your placement in google and could damage your high-quality score if ads and marketing
with Adwords. Well I am adding this RSS to my e-mail and can look out for
much more of your respective interesting content. Ensure that you
update this again very soon.