Rwongeye kwa mbikana hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.
Ni imirwano ikaze yabaye ku munsi w’ejo tariki ya 26/07/2024, ibera mu duce two muri teritware ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, aho hari hahanganye uruhande rwa m23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwanirira ubutegetsi bwa Kinshasa.
Nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga, nuko iyi mirwano yabereye mu duce dutandukanye two muri Grupema ya Bashali-Mokoto, ho muri teritware ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ahitwa Mpati, Nyange na Bibwe niho hiriwe imirwano kuri uyu wa Gatanu w’ejo hashize.
Ay’amakuru kandi avuga ko uruhande rw’ingabo zirwanirira ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ko ari rwo rwagabye ibyo bitero mu birindiro by’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga wo muri M23.
Gusa, uru rugamba ntirwigeze ruhira uruhande rw’ingabo za leta ya Kinshasa, kuko nubwo ari rwo rwagabye ibitero ariko byarangiye M23 ibasutseho umuriro w’imbunda maze uru ruhande rwa leta ya Kinshasa rukizwa n’amaguru, nk’uko bikomeje kuvugwa n’abaturiye ibyo bice.
Iyi mirwano yabaye mu gihe komanda uyoboye operasiyo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Gen Chiko Tshitambwe yari avuye mu ruzinduko yari amazemo iminsi irenga itatu aho yari yarahamagawe i Kinshasa ku murwa mukuru w’i Gihugu cya RDC.
Ahagana isaha z’umugoroba zo ku munsi w’ejo hashize nibwo yongeye gusesekara i Goma ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.