Perezida w’Igihugu ca Kenya, William Ruto, yatanze igisubizo ku butegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ku cyifuzo bari basabye leta ye, cyo guta muriyombi Corneille Nangaa, uheruka kurema umutwe wa politike ufite n’Igisirikare wahawe izina rya “Alliance Fleuve Congo,” awuremeye muricyo gihugu.
Perezida William Ruto, kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki 17/12/2023, ari imbere ya Radio na Television, by’i Gihugu ca Republika ya Kenya, yagize ati: “Mu byukuri nta kibazo nakimwe dufitanye na Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Kenya n’i Gihugu gifite demokarasi, hano iwacyu nta muntu udusaba agahusha ko kwisobanura.”
“Iwacyu muri Kenya ntabwo dufunga abantu ng’ubwo bisobanuye, abo dufunga n’abicyanyi! Kenya n’igihugu cyu guruye imiryango kubashaka gukora itangazamakuru.”
Abitangaje nyuma y’uko na minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Kenya, yaramaze gushira itangazo hanze, rimenyesha RDC ko ubutegetsi bwa Nairobi, bwatangiye iperereza kuri uwo mutwe wavukiye k’u butaka bwa Kenya.
N’i umutwe wa AFC, uyobowe na Corneille Nangaa, watumye habaho amagambo hagati ya RDC na Kenya. Uriya mutwe wa vutse kuya 15/13/2023, aho umuhango wo kuwushira ku mugaragaro wari witabiriwe na perezida w’u mutwe wa M23, Bertrand Bisimwa.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.