Hateganijwe i Nama muri uku kwezi kwa Cyumi numwe(11), izahuza abakuru b’ibihugu bigize umuryango w’Afrika y’Iburasirazuba ikazabera Arusha, kumurwa Mukuru w’igihugu ca Tanzania, aho biteganyijwe ko Perezida ndayishimiye w’u Burundi azasimburwa na Salva Kiir kuri uyu mwanya.
Gusa manda ya Perezida Ndayishimiye, w’u Burundi, yarangiye muri uku kwezi dusoje uyu mwaka bityo akaba agomba gusimburwa kuri uyu mwanya.
Biteganijwe ko i Nama y’aba bakuru b’ibihugu bya EAC izaba mu cyumweru gitaha, tariki 23-24 z’ukwezi kwa 11 aho biteganijwe ko abakuru b’ibihugu bya EAC nabo bazaganira ku bijyanye n’imihindagurikire y’ikirere ndetse no kwihaza mu biribwa.
Perezida wa Sudan y’Epfo, Salva Kiir agiye kuyobora uyu muryango wa EAC, mu gihe akarere karimo kuganira ku mahoro n’umutekano cyane cyane ikibazo cya Sudani na Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ni mu gihe kandi Sudani y’Epfo nayo iri mu bihugu byohereje ingabo mu M’uburasirazuba bwa Congo, gufasha kugarura amahoro mu ntambara ishamiranyije iki gihugu n’inyeshyamba za M23.
Ndayishimime, usanzwe ari kuri ubu buyobozi, yatowe umwaka ushize n’abakuru b’Ibihugu bya Afrika y’Iburasirazuba mu nama ya 22 isanzwe y’abakuru b’Ibihugu bya EAC yabereye Arusha, muri Tanzaniya.Yasimbuye icyo gihe Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta.
EAC isanzwe igizwe n’ibihugu birindwi aribyo u Burundi, Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Kenya, u Rwanda, Sudani y’Amajyepfo, Uganda na Tanzaniya, icyicaro gikuru cya EAC kiri Arusha muri Tanzaniya.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.