Ambasaderi wa leta Zunze Ubumwe Z’Amerika, muri L’ONI yateguje ubutegetsi bwa RDC kwinjira mukaga mu gihe MONUSCO yaba yamaze kuva kubutaka bwa Congo Kinshasa.
Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 27/06/2023, saa 2:30pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Robert Wood, umugabo uhagarariye igihugu cya Amerika, mumuryango wa L’ONI. Uyu Mugabo yaburiye ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kwinjira mubihe byakaga cangwa se kwinjira mubihe by’umutekano muke kandi bigoye kurushaho mu gihe ingabo z’umuryango wa Bibumbye ( MONUSCO), zaramuka zivuye muriki gihugu.
Ibi Robert Wood, yabivuze ubwo yari imbere y’akanama ka L’ONI, gashinzwe umutekano kw’Isi, maze agaragaza ko bihangayikishije kuba Leta ya Republika ya Demokarasi ya Congo, ikomeje gusaba ko ingabo za MONUSCO zava muriki gihugu kirimo imitwe yitwaje intwaro irenga 250.
Uyu Mugabo we ngwabona ingabo za MONUSCO niziva muriki gihugu cya RDC, ibikorwa bihungabanya umutekano biziyongera kurushaho.
Nta gihindutse, byateganyijwe ko MONUSCO itazarenza uyu mwaka wa 2023 ikiri muri RDC. Ni mu gihe ubutegetsi bw’iki gihugu buyishinja kudatanga umusaruro bwari buyitezeho, cyane kuva umutwe witwaje intwaro wa M23 wubura imirwano mu mpera zumwaka wa 2021.
Ubutegetsi bwa Kinshasa nabwo bukomeje guhatiriza ngo Monusco ive mugihugu cyabo ariko ubuyobozi bwayo bwo buvuga ko kugenda ari igikorwa kigira inzira kinyuramo kandi gitwara igihe kinini. Iz’ingabo za Monusco zikaba zimaze kubutaka bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, imyaka yababa 21.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.