I Luanda, kumurwa mukuru wa Angola, haraza guteranira inama ihuza imiryango itandukanye irimo EAC,ECCAS, CIRGL na SADEC, aho baza kuganira kukibazo c’Umutekano muke urimuri RDC.
Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 27/06/2023, saa 1:00pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Nikuruyu wa kabiri, imiryango itandukanye iribuze guhurira i Luanda homuri Angola. Bakaba bari buganire kukibazo c’Umutekano muke ukomeje kuzamba Muburasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo.
Muriyo miryango iribuze guhura I Luanda, harimo uwa EAC, ECCAS, CIRGL na SADEC. Mubihugu byitabira harimo na Republika ya Democrasi ya Congo, Afrika y’Epfo, Kenya ndetse nu Burundi, nkuko tubikesha Ikinyamakuru cya Media Congo. net.
Kuwa mbere wicyumweru gishize, Abaminisitiri b’ibihugu bigize iyi miryango y’uturere bari mu biganiro mu rwego rwo guhuza no kwemeza inyandiko nitangazo rya nyuma ryemeza iyi nama.
Nk’uko amakuru ava mu bantu begereye Perezidansi ya Congo avuga, kuba inama y’ab’Aminisitiri yaratwaye igihe kirekire kuruta uko byari byitezwe, byatewe no kutumvikana ku gishushanyo mbonera kigomba gukurikizwa kugira ngo amahoro agaruke mu burasirazuba bwa Republika ya democrasi ya Congo.
Intumwa za Congo i Luanda zigizwe na Minisitiri w’intebe wungirije akaba na minisitiri w’ububanyi n’amahanga, Christophe Lutundula, Minisitiri w’intebe wungirije w’ingabo, Jean-Pierre Bemba na Minisitiri w’ubufatanye bw’akarere, Mbusa Nyamwisi.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Comments 1