N’ubwo ingabo za leta ya Kinshasa zigenda z’ineshwa n’inyeshamba zo mu mutwe wa M23 m’urugamba rwagiye rubahuza mubice byomuri teritware ya Masisi, Rutsuru na Nyiragongo, k’urundi r’Uhande bivugwa ko Kinshasa ngo y’aba yiteguye gutera i Gihugu c’u Rwanda.
Kuri uyu wa Gatatu, tariki 15/11/2023, hongeye kuvugwa ko ingabo z’u Burundi zikomeje gushirwa mubice bya Congo bihana u mupaka n’u Rwanda. Ahitwa Runingu, homuri teritwari ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo n’ahitwa Nyantende, muri teritware ya Kabare, harunzwe ingabo ninshi z’u Burundi zaje zivuye mu gihugu c’u Burundi.
N’inyuma y’uko muri bariya basirikare b’u Burundi, bagize igihe barohorejwe muri Ngomo, i Nyangezi, kw’i Djwi ndetse na Kamanyola.
Kariya gace ka Nyantende homuri teritwari ya Kabale n’agace kari mu bilometre bike n’u Mujyi wa Bukavu, akandi gace kashinzwemo ingabo z’u Burundi n’ahitwa Umusho, agace gaherereye k’u mupaka w’u Rwanda.
Muriki Cyumweru gishize n’ibwo byamenyekanye ko leta ya Kinshasa yaguze Indege zitagira abadereva zo mu bwoko bwa CH-4, izindege bakaba baraziguriye igisirikare c’u Bushinwa. Nyuma yokuzigura bahise bohereza z’itatu(3), mukirere gihana u mupaka w’u Rwanda na Congo, nk’uko byavuzwe bwambere n’ikinyamakuru ca Jeunne Afrique.
Muntangiriro z’uyu mwaka wa 2023, n’ibwo byemejwe na Leta ya Perezida Félix Tshisekedi, ko baguze Indege z’intambara zom’ubwoko bwa SUKHOÏ SU-25 ndetse n’inzindi mbunda zitandukanye nk’uko byagiye binavugwa n’abategetsi ba Kinshasa.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.