Kuva igihe c’isaha z’igitondo cyakare cyokuri uyu wa Kane, tariki 09/11/2023, mubice byo muri teritware ya Masisi, ukwishirahamwe kw’ingabo za Perezida Félix Tshisekedi barashe ibisasu bakoresheje i ndege ahatuwe n’abaturage ndetse naho M23 iherereye ariko kugeza ubu ntagace nakamwe ziriya Ngabo za Kinshasa zigeze zigarurira, nk’uko tubikesha abaturage baturiye ibyo bice.
Mu makuru Minembwe Capital News, imaze gukusanya n’uko ahagana isaha zakare ziriya ndege z’intambara zom’ubwoko bwa SUKHOÏ-25 na Kajugujugu zagabye ibitero muri Kilolirwe no munkengero zayo nkahitwa kuri Petit Masisi, Kausa ndetse na Kabati mubilometre bike na Mushaki ahari ingabo ninshi za FARDC n’abambari babo.
Zir’iya ndege zarashe no mubindi bice bigize Groupement ya Kibumba arinaho kumunsi w’ejo izo ndege zishe abasivile bane 4 abandi batandatu barakomereka, nk’uko iy’inkuru yemejwe na perezida w’umutwe wa M23 bwana Bertrand Bisimwa.
Amakuru yakomeje guca kumbuga nkoranya mbaga (Social media), ninshi avuga ko hoba harindege ya FARDC yarashweho yo m’ubwoko bwa Kajugugu, gusa ay’amakuru uriya mutwe wa M23 ntaco urabitangazaho ndetse nok’uruhande rwa leta ya Kinshasa ntaco barabivugaho. Inkuru dufite y’ukuri n’uko kugeza ubu u mutwe wa M23 ugihagaze mubirindiro byose baheruka kwambura ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC, FDLR, Wagner, Imbonerakure z’u Burundi na Wazalendo).
Umuvugizi wa M23 mubyapolitike bwana Lawrence Kanyuka, yemeje ko ingabo za RDC zarashe amasasu menshi mubaturage ikoresheje Indege ariko ahamya ko ingabo za ARC zihagaze neza ngo zirinde abaturage n’ibyabo.
Yagize ati: “Ukwishirahamwe kw’ingabo za RDC zarashe ibisasu bakoresheje i ndege ahatuwe n’abaturage. Ingabo zacu zikomeje kurwana kubaturage n’ibyabo.”
Yakomeje avuga ati: “Tumenyesheje imiryango y’imbere mu gihugu n’imiryango mpuza Mahanga ko leta ya Kinshasa ikomeje kwica abaturage ikoresheje kurasisha indege.”
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.