Umutwe wa M23 urashinja ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, kurenga ku masezerano yo guhagarika imirwano mu gihe cya masaha 72.
N’inyuma y’uko ririya huriro ry’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, zongeye kugaba ibitero bikaze mu bice birimo abasirikare bo mu mutwe wa M23, muri grupema ya Kibumba, ho muri teritware ya Nyiragongo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Ibi bitero bya nemejwe na Sosiyete sivile yo muri teritware ya Nyiragongo, aho batangaje ko habaye kurenga ku masezerano yo guhagarika imirwano.
Sosiyete sivile yagize iti: “Imirwano yongeye kwaduka mu nkengero z’u Mujyi wa Goma. Ibi n’i ukurenga ku masezerano yari yumvikanyweho ko impande zombi zihagarika imirwano.”
U muvugizi w’u mutwe wa M23, mu bya politike, Lawrence Kanyuka, nawe yemeje ko iriya mirwano yabaye anashinja ihuriro ry’Ingabo za RDC, kurenga kuririya Gahunda yo guhagarika imirwano.
Kanyuka, yagize ati: “Kuri uyu wa Gatatu, tariki 13/12/2023, ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, FDLR, FARDC, Abacanshuro na Wazalendo, barenze ku masezerano bagaba ibitero muri Kibumba.”
Yakomeje avuga ati: “U mutwe wa M23, uramenyesha imiryango Mpuzamahanga n’iyimbere mu Gihugu ndetse na karere ko ibyo Guverinoma ya Kinshasa irigukora binyuranyije n’amategeko. Gusa Ingabo za ARC/M23 zikomeje kw’irwanaho no kurwana k’u baturage.”
Iriya mirwano y’ubuye mu gihe ku wa Mbere, leta Zunze Ubumwe za Amerika, zarizasabye impande zihanganye guhagarika imirwano mu gihe cya masaha 72, aho bari basezeranye ku byunahiriza ko bitangira ku wa Mbere, tariki 11/13/2023.
Kimwe ho leta ya Kinshasa yarimaze kwegeranya abasirikare babo ni mu gihe bagiye bava mu bice byinshi harimo abavuye Butembo, Beni na Kivu y’Amajy’epfo, boherezwa muri teritware ya Masisi, Rutshuru na Nyiragongo, kugira barwanye umutwe wa M23.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.