U mutekano wongeye kuba mubi mubice bya Bibogobogo, homuri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.
Nyuma y’urupfu rw’uyu Mugabo wo m’ubwoko bwa Pfulero w’ishwe ubwo yari aragiye amatungo ye haje kuba icyuka kibi hagati y’abasirikare ba leta ya Kinshasa bakorera mu Bibogobogo aho byaje kurangira hishwe u musirikare u mwe wa FARDC ni mugihe hari habaye kurasana hagati yabo. Muriryo subiranamo hishwe n’u mu Maï Maï Bishambuke umwe abandi ba biri barakomereka.
U mwe mubaturage baturiye bi Bogobobogo agace kari mu bilometre bi barigwa muri 80 n’u Mujyi wa Komine Minembwe ikaba kandi iri mu bilometre bike n’u Mujyi wa Baraka ahazwi nk’u Mujyi mu nini wa teritware ya Fizi, ya duhamirije ko kuri ubu ko nta Munyamulenge woba akigera i Baraka cangwa Uvira agiye n’amaguru kubera umutekano muke.
Avuga ko andi Moko aturiye biriya bice ko muriki gihe banze u bwoko bw’Abatutsi (Abanyamulenge), k’uburyo bakubonye mubice bya Lusenda, Makobola kwa Nundu nahandi bohita bakurya.
Gusa ahamyako amoko y’aba Bembe n’Abapfulero aturiye Bibogobogo bo ba banye neza n’abaturage ba ba tutsi(Abanyamulenge).
Uy’u mwuka mubi wongeye kuza mugihe mu mezi ashize hari habaye u mubano mwiza hagati y’amoko yose aturiye Baraka, Bibogobogo, Lusenda n’ahandi. Ni mugihe hari hagiye haba ibikorwa bi bahuza harimo imishikirano, gukora za Club zihuza uruby’iruko harimo n’imiko y’amaguru.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.