Hongeye kuvugwa abasirikare benshi ba Fardc, FDNB, Wazalendo na FDLR, ko baguye m’urugamba rwa Ambush muri Kalenga, naho Col Gilbert Vongo, yaguye i Kinshasa.
M’urugamba rwabaye ejo hashize, tariki 22/11/2024, ruhanganishije M23 n’ingabo z’u r’Uhande rwa leta ya Kinshasa byavuzwe ko rwaguyemo abasirikare benshi ba Fardc, FDLR, Imbonerakure z’u Burundi na Wazalendo ngo ni mugihe ririya huriro ry’ingabo za Kinshasa zari zaguye muri Ambush.
Ni Urugamba rwabereye mu bice bya Kalenga, homuri teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Isoko yacu dukesha iy’inkuru iduhamiriza neza ko iriya ambush yaguyemo n’Abasirikare bakuru barimo ba Major, Colonel n’abandi basirikare bato. Nimugihe Kandi havuzwe umusirikare Mukuru waguye mw’ikambi y’igisirikare ya Fardc irahitwa Kokolo, i Kinshasa,ku murwa Mukuru w’igihugu ca RDC.
Uriya musirikare yari afite ipeti rya Colonel, akaba azwi kwizina rya Gelbert Vongo. Colonel Gilbert akaba yarasanzwe ari komanda regima muri Kokolo, MCN yabwiwe ko yari akomoka mu Ntara ya Kasai, akaba yishwe n’urupfu rutunguranye.
Naho bariya basirikare baguye muri Ambush mubice byomuri Kalenga, bikavugwa ko hoba haraguye abasirikare barenga 150 bokuri ruriya r’Uhande rwa leta ya Kinshasa.
Iriya mirwano yabaye mugihe zir’iya Ngabo z’u r’Uhande rwa leta ya Kinshasa, zageragezaga kurwanya M23 ngo zirebe ko zokongera kwisubiza ibice M23 yari ya bambuye harimo na Mweso.
Iy’inkuru ikomeza ivuga ko uriya mutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, ko bambuye n’imbunda ninshi uruhande rwa leta ya perezida Félix Antoine Tshilombo, zirimo izikorana buhanga ndetse n’ibyuma birimo za kamera zireba kure.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.