Isenywa ry’Amazu arenga magana atanu(500), harimo n’ay’Abanyamulenge, byavuzwe ko byakozwe m’uburyo butunguranye ko kandi habayemo ruswa m’ubuyaboyozi bwohejuru.
Ir’isenywa ryabereye mugace ka County, y’itwa Machakos, n’akarere gatuwemo n’abo m’ubwoko bwa ba kamba, bakunze kuhita kandi Athiliver Mavoko, mugihugu ca Republika ya Kenya.
Nk’uko Minembwe Capital News, yahawe ay’amakuru, n’uko ub’u butaka buriho amazu yasenywe, bwahoze bukondeshwa n’ishirahamwe ry’itwa Portland East Africa Cement. Ir’ishirahamwe ubukode (Contract) bwabo bwashize mu mwaka w’ 1998, maze haza gusubizwa Abaturage, arinabwo batangiye kuhagura ndetse n’ubuyobozi bwa County ya Machakos, bukahaheza Abaturage, murwego rwokuhateza imbere.
Ay’amakuru akomeza avuga ko, murico gihe aha hahise hubakwa i Mihanda, hazanwa n’Umuriro ndetse batangira k’uhubaka Amashuri no gutanga ibyangombwa by’ibikorwa byose birimo kuhakorerwa, harimo Amavuriro, n’izindi Business z’isaba impapuro ziva muri leta.
Bityo Abanyamulenge n’andi moko aturuka muri ib’ i bihugu bigize Afrika y’iburasizuba ( East Africa), nk’Abanyarwanda, Abarundi, n’abo baje kuhayoboka bagura ibibanza byari bihagaze nko mubihumbi magana atanu ya ma shillings( 500.000ksh) kuri Plot ya 50/100 .
Hakaba hari abatarabona aho kuba nyuma y’uko basenyewe, kuri ubu basemberejwe mu miryango, abataragiye mu miryango basemberejwe muma Kanisa, nk’uko twabyiganiwe na bwana Gaston, uri mubasenyewe.
Bariya basenyewe bari gusaba ubufasha imiryango y’ita ku kiremwa Muntu.
Ati: “Urukiko rwanzuye ko Guverinoma, ntampozamarira bazatanga. Bavuga ko Sosiyete yatugurishijeho ibibanza ariyo izabazwa ibyo.”
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.