Mugihe cyo mu masaha ya sasita(12h) zo kuri uyu wa Gatandatu, tariki 28/10/2923, mu Mujyi wa Uvira, hunvikanye urufaya rw’amasasu, akaba yavuze mugihe kitari kirekire nk’uko Minembwe Capital News, yabwiwe.
Byavuzweko ay’amasasu yarashwe na Mai Mai zo m’ubwoko bw’Abapfulero, nimugihe ngo bashaka kuburizamo ibikorwa Minisitiri w’ibikorwa remezo Alexis Gisaro, ari gukorera k’ubutaka bwa teritware ya Uvira, aho ari kuva kuri uyu wa Gatatu, tariki 25/10/2023, akaba yaraje ava i Kinshasa, kumurwa Mukuru w’igihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.
Uyumunsi nibwo yarimo ashaka gushira kumugaragaro ibikorwa byo kubaka u Muhanda kuva kuri uwo mupaka wa Congo n’u Burundi, ukageza ku kivuko cya Tanganyika aho bita Karundu, arinabwo ziriya Mai Mai hamwe n’insoresore z’Abapfulero, zahise zimanuka ziva mu Misozi ya Kavimvira, kuburizamo ibyo bikorwa by’iterambere bya Minisitiri Alexis Gisaro.
Isoko yacu dukesha ay’amakuru, avuga ko ubwo Mai Mai zagerageje kurasa n’ibwo ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), zahise zirasa Mai Mai ntakubabarira maze Mai Mai zikizwa n’Amaguru zihungira ahitwa Maï ya Moto, mu misozi miremire ya Kavimvira. Aba ba Mai Mai ngo bagabye iki gitero barimo kuririmba n’indirimbo ivuga ngo “Leo ndo Leo, tutafukuza wanyarwanda wanao jiita wanyamulenge.” Ay’amakuru akomeza avugako hafashwe na Mai Mai ba biri mubari bateje umutekano muke.
Nyuma n’ibwo haje kuba kwakira Minisitiri Alexis Muvunyi, aho bamwakiririye kuri Monument, ha herereye mu Mujyi wa Uvira aho u Muhanda wa Kimanga no kw’izone ya Uvira bihurira. Umwe mu babaye muri iryo teraniro yavuze ko abantu bari bakubise buzuye. Minisitiri Alexis Gisaro, yasoje yerekeza gusura imva yase(Umubyeyi we) wapfuye hagati mu myaka ya 1988 na 1990, Gisaro Muhoza.
Alexis Gisaro, akaba ari no mu muteguro wo kw’iyamamariza k’umwanya w’ubudepite k’urwego rw’i Gihugu .
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.