Aka Nama gashinzwe umutekano kw’Isi kategetse leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku ganira n’u mutwe wa M23 , mu buryo bwo kugira ngo u Burasirazuba bwa RDC bugarukemo amahoro arambye.
Ni mu Nama yateranye ku munsi w’ejo hashize, ikozwe mu buhanga bwa none nk’uko byatangajwe, n’ibiro ntara makuru bya Bafaransa AFP.
Abagize aka ka Nama bavuga ko ntayindi nzira yazana amahoro mu Burasirazuba bwa RDC no muri Congo yose muri rusange bitanyuze munzira y’ibiganiro.
Ba bitangaje mu gihe umuryango w’Abibumbye washize inyandiko hanze bashinja M23 gukoresha imbunda za misile zirasa indege.
Muri izo nyandiko z’u muryango w’Abibumbye zigaragaza ko ziriya misile M23 yazihawe n’igihugu cy’u Rwanda ko ndetse imwe murizo misile M23 yahawe ko iheruka kwibasira drone y’ingabo za MONUSCO.
Inyandiko za L’ONI zivuga ko M23 idafite ubushobozi bwo gutunga izo misile, bagashinja u Rwanda ko hari amashusho yafashwe n’ibyogajuru agaragaza izo misile zirimo gukurwa mu Rwanda zikoherezwa mu bice bya teritware ya Masisi.
Ibiro ntara makuru bya Bafaransa AFP, bivuga ko iyo raporo igaragaza ko tariki ya 07/02/2024, murizo misile y’ingabo z’u Rwanda yagerageje kurasa drone ya Monusco, ariko ngo ntiyayihamya.
Iyo raporo y’umuryango w’Abibumbye ikemeza ko imodoka yatwaye izo misile izivana mu Rwanda ikaza mbutsa muri RDC ar’iyi gisirikare cya RDF, ngwikaba ar’iyo mu bwoko bwa wz551.
Monusco nayo ubwayo yavuze ko nta mutwe n’umwe ufite ubushobozi bwo gutunga izo misile ko bafite ibimenyetso byerekana ko bazihawe n’u Rwanda.
Si misile zonyine bivugwa ko M23 ifite , L’ONI, ishinja kandi M23 kuba ifite ubundi buhanga bwo gukingira ikirere buzwi nka Manpads.
Inshuro ninshi u Rwanda rushinjwa gufasha M23 ibyo Kigali yakomeje gutera utwatsi hubwo Kigali igashinja ubutegetsi bwa Kinshasa gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.