Hagaragaye umugabo w’umunyamulenge Sibomana Alexis, utuka Abanyamulenge bazwiho kuba barakamiye ubwoko bw’Anyamulenge nimugihe ubu bwoko bw’Anyamulenge bwabayeho mubibazo byokwangwa n’andi moko yo muri Republika ya Demokarasi ya Congo. N’urwango amateka avuga ko rwatangiye ahagana mu mwaka wa 1964 nyuma yuko RDC yarimaze kubona ubwigenge.
Uyu Munyamulenge Alexis Sibomana, umaze kugera muri USA, akaba yatutse Abanyamulenge bazwiho kuba ari ndashikirwa muri politike zo muri Republika ya Demokarasi ya Congo, aho bahagurutse kurenganura benewabo Abanyamulenge, bari bamaze ibihe byinshi batotezwa bazira ubwoko bwabo Abatutsi (Abanyamulenge). Mu mwaka wa 1998 n’ibwo RCD yavutse kugira ngo irwanire agateka kazina Muntu muriki gihugu ca RDC.
Muriyo audio kandi yatutse abazwiho kuba barakamiye Abanyamulenge mu misozi miremire y’Imulenge guhera mu mwaka wa 2017 kugeza uyumunsi abo n’abazwiho kuba baranze ko Imulenge haba amatongo. Nimugihe banze gukorera amafaranga hubwo bahara amagara yabo baja kurwanya Inyeshamba zo mu mutwe wa Mai Mai zarimo zirwanya Abanyamulenge ngo zibakure muriyi misozi miremire iherereye muri Kivu yamajy’Epfo, mu gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo .
Yagize ati: “Akagara karakomeye byari bikwiye ko gafata Sematama na Makanika bagafungwa, niho amahoro yari kugaruka muri rdc.”
Yaje kandi no kumvikana yita RCD Goma ngo ni “satani,” nimugihe yarimo avuga intambara yahuje ingabo za RCD Goma n’ingabo zari ziyobowe na Gen Pacifique Masunzu, ni ntambara yabaye mu mwaka wa 2002.
Sibomana Alexis, avuka i Rukombe, mu Muhana bita ga kuri Nyabibuye homuri Mibunda , kurubu aha kuri Nyabibuye harasenyutse kubera intambara za Mai Mai.
Alexis Sibomana amaze Imyaka irenga 7 muri leta Zunze Ubumwe za Amerika, akaba ari umugabo uri mukigero cyimyaka irihagati ya 45 na 40. Igihe ca RCD yabayeho Umusirikare gusa ntabwo yagitinzemo kuko yahise yerekera iy’ubuhungiro arinabyo byaje kumuha kwerekeza muri USA.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Ibyo yatangaje biragaragara ko yabaye porte parole wabanzi bububwoko, Kandi Biragaraza level yimitekereje yiwe kwirihasi cyane .Ariko nawe tumufate kimwe nabandi Bose batifuriza ineza akarere Kimisozi mile mile .