Umuvugizi wa Guverinema ya Kinshasa, yagize icyavuga kuri Corneille Nangaa, akomeje k’umvikana avuga ko agiye gushiraho iherezo ubutegetsi bwa Kinshasa.
Umuvugizi wa Guverinoma ya Kinshasa, akaba na minisiteri w’itangaza makuru, Patrick Muyaya, yasubije Abanyamakuru ikibazo cya Corneille Nangaa, uheruka gutangaza ko agiye “gushiraho iherezo ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi.”
Ibi Patrick Muyaya, yabisubije nyuma y’uko k’umbuga nkoranya mbaga, hagiye herekanwa video, ya Corneille Nangaa, warimo atangaza ko yamaze kurema umutwe wa politike, uzwi kw’izina rya Alliance Fleuve Congo, mu magambo ahinye ni “AFC.”
Patrick Muyaya, yagize ati: “Ibyo ntagisubizo kirekire n’abitangaho, icyo nzi, nikimwe, n’uko leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, itazakomeza kwihanganira abantu ba meze nka ba Nanagaa, oya, rwose.”
Yakomeje agira ati: “Igisubizo cyabashaka k’urwanya leta kigiye kuboneka, yewe, ntanikindi, leta izabacecekesha.”
Nyuma y’uko Corneille Nangaa, y’u mvikanye mu gihugu ca Kenya, habaye umwuka mubi mu bategetsi ba Kinshasa, kuri Kenya, nimugihe barimo bi baza ku bategetsi ba Kenya, bari basanzwe ari nshuti, uburyo bemeye gucumbikira no guha umwanya abashaka guhungabanya umutekano wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ibi bya tumye leta ya Kinshasa, ihamagaza ambasaderi wayo muri Kenya.
K’umunsi w’ejo hashize, tariki ya 04/01/2024, Corneille Nangaa, yongeye k’umvikana asa n’uburira Ingabo za SADC, ziheruka koherezwa mu Burasirazuba bwa RDC, k’urwanya M23 ababwirako kuza kwabo kutazabuza ko bashiraho iherezo ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.