Ingabo z’u Burundi z’ibarizwa k’ubutaka bwo muri Kivu y’Amajyaruguru mu gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, zirashinjwa kwica abaturage bo mu bwoko bw’Abatutsi, zibarasiye mu gace ka Murambi, gaherereye muri Ngungu, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.
Nyuma y’uko Ingabo z’u Burundi zifatanije n’ihuriro ry’Ingabo za RDC, FDLR, Wazalendo, Wagner na FARDC, zitsinzwe n’u mutwe wa M23 muri Mushaki bikarangira ziriya Ngabo z’u Burundi zitawanyitse, bya vuzwe ko ubwo bariya basirikare b’u Burundi bari bamaze kugera ku Murambi, agace gatuwe n’abaturage bo mu bwoko bw’Abatutsi, bahise barasa Abasivile mu Muhana bamwe barakomereka abandi barapfa.
Ati: “Abaturage ba Batutsi, bari kwicwa n’Abasirikare b’u Burundi, barashe mu Muhana wa Murambi abantu ba biri barapfa abandi u Munani barakomereka bikabije.”
Hari n’amakuru avuga ko bariya basirikare b’u Burundi ko boba bahahamitse kubera gukubitwa cyane n’Ingabo za ARC/M23.
Mu makuru yizewe Minembwe Capital News, yabwiwe n’uko m’urugamba rwo kuwa Kane, tariki 07/12/2023, bariya basirikare b’u Burundi ko bapfushije abasirikare babo benshi mu Ntambara ya Mushaki no mu nkengero zayo ko kandi batswe n’Imbunda zo mu bwoko bwa Mashini Gani(Mashinigun), 47.
Ibi bikaba byarabatereye guhahamuka. Ni mugihe kandi herekanwe abasirikare b’u Burundi bahungiye ku k’ibuga c’indege ca Goma, aho “basabisha ko batahanwa mu gihugu cyabo i Burundi, ngo kuko ntibashaka kongera kurwana n’umutwe wa M23.”
Aha kandi muri Murambi hari umusirikare wo mungabo z’u Burundi, wiyishe akoresheje imbunda bigakekwa ko yoba yari ya hahamutse.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.