Ingabo za Perezida Félix Tshisekedi, zaraye zambuwe ibindi bice byomuri teritware ya Masisi naho kuri uyu wa Mbere, Kibumba FARDC yateye mu Mihana y’abaturage.
Mugihe ca masaha y’ijoro ryoku Cyumweru rishira kuri uyu wa Mbere, tariki 06/11/2023, u mutwe wa ARC/M23, bongeye kwigarurira agace ka Gicwa kari kazwi nkibirindiro bikuru bya FDLR(Interahamwe) na Wazalendo.
Gichwa, ni centre nini iherereye muri teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mugihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.
Ahagana isaha zine (10:00PM), M23 yarimaze kugera mugace ka Rumeneti, aha uba werekeza Mushaki, igice kirimo ibirindiro bikomeye by’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, na FDLR, Wagner n’Imbonerakure z’u Burundi.
Mu makuru Minembwe Capital News,yahawe n’umwe mubarwanyi ba M23 yaduhamirije ko Rumeneti bayigezemo basanga ziriya Ngabo za FARDC n’abambari babo kobahise bayabangira ingata ntarusasu ruvuze, aho ndetse kobasanze bahasize n’ibikoresho byinshi by’agisirikare harimo imbunda n’amasasu menshi.
Iy’i mirwano y’ubuye kumunsi w’ejo tariki 05/11/2023, ahagana isaha z’igitondo ca kare nimugihe abasirikare barwana k’uruhande rwa Kinshasa bagabye igitero gikomeye ahari abaturage benshi munkengero z’u Mujyi wa Kitshanga, maze M23 irwana k’ubaturage birangira M23 yirukanye ihuriro ry’imitwe y’itwaje imbunda ifasha FARDC kurwanya M23 mubice byinshi bigize teritware ya Masisi, harimo: ‘Karabaragasha, Ntaringi.Burungu, Rujebeshi, Ntebero na Shangi ndetse naho bita kuri Petit Masisi,’ M23 yahambuye ziriya Ngabo za Perezida Félix Tshisekedi, ahagana mu masaha y’ijoro.
Kugeza ubu bakomeje kurebana ayingwe impande zose. Gusa ay’amasaha y’igitondo cyo k’uwa Mbere, tariki 06/11/2023, FARDC n’abambari babo, bagabye igitero mubice bya Groupement ya Kibumba, muri teritware ya Nyiragongo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, iki gitero bakigabye mubice bituwe n’abaturage benshi nk’uko Minembwe Capital News,ihawe amakuru numwe mubarwanyi ba M23.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.