Ubuyobozi bw’umutwe wa ARC/M23, bwatangaje ko bukomeje guhagarara neza mu mirwano bongeye kugabwaho n’ingabo z’irwanirira Guverinoma ya Kinshasa. N’imubitero ziriya Nyeshamba zirimo, FDLR, Wazalendo na Nyatura bagabye ahari abaturage benshi baheruka ga guhungira munkengero za Bwiza homuri Groupement ya Tongo, muri teritwari ya Rutsuru.
M23 ikaba yatangaje ko yakoze ibishoboka byose maze irwanirira aba baturage, nkuko ay’amakuru tuyakesha Umuvugizi wa M23 bwana Lawrence Kanyuka, aho yakoresheje urubuga rwahoze rwitwa Twitter.
Ibi kandi byashimangiwe na bwana Bertrand Bisimwa, umukuru w’uyu mutwe wa M23, aho yagize ati: “Kuva saa 1:12 Am, kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 21/10/2023, ingabo za Kinshasa FDLR / FARDC / Abacanshuro / Wazalendo, bagabye igitero, bakoresheje n’imbunda nini bakigaba mu Nkambi ya Bwiza irimo abimuwe. Intego yabo ni ugutsemba abarokotse Masisi.”
Bivugwa ko hari n’abana baba bimuwe n’intambara z’urudaca, bakomerekeye mugitero bagabweho na Wazalendo, FARDC, FDLR na Wagner.
Mu makuru Minembwe Capital News, ifite yizewe n’uko Ingabo zirwana k’uruhande rwa Kinshasa, bakomeje guhunga bagana mubice bya Kitchanga, aho byemezwa ko iyi mirwano ko yamaze kugera mugace ka Kavenu gaherereye muri Kitchanga. Utundi duce turimo imirwano ni Rushavuti, Shonyi na Kipfulo, muri Groupement ya Bukombo homuri teritwari ya Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Ibi bitero abasirikare ba leta ya Kinshasa, babikoze mugihe harihamaze igihe hacicibikana amakuru avuga ko FARDC yamaze kwitegura intambara bundi bushya ngo irwanye M23.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.