Umusore yajyanye umukunzi we ku musozi wa metero 30 z’uburebure muburyo bwokwinezeza birangira umukunzi we ahanutse mumanga y’umusozi arapfa.
Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 29/07/2023, saa 9:07pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Bidasanzwe umusore yatemberanye n’umukunzi we ku musozi ufite metero 30 z’uburebure, aha bari murukundo nuwo yashakaga kuresha ngo amwambike impeta birangira umukobwa apfuye atembagaye mumanga maze batandukana ubutazongera kubonana mubihe byomw’isi.
Byavuzwe ko uwo musore yari uwo mugihugu ca Turkiya. Uwo mukobwa yarafite imyaka 39 yamavuko, yaguye ahari impinga y’umusozi muremure.
Nyiri kuresha yitwaga Nizamettin Gursu, hamwe numukunzi we berekeje ku musozi ngo bahagirire ibihe bitazibagirana mu buzima bwabo, ngo bahaganirire ibyurukundo ndetse n’iby’umubano wabo wakazoza kumubano wabo ariko ikibabaje nta masegonda ibyishimo byabo byamaze.
Mu gihe ibyishimo byari byose kuri Nizamettin na Yesim Demir w’imyaka 39, umusore yasubiye mu modoka agiye kuzana ifunguro, yumva urusaku rw’umuntu utaka, agaruka yihuta asanga umukunzi we yamaze kugwa mu manga.
Nizamettin yabwiye itangazamakuru ati “Nari nahisemo aha hantu kugira ngo tuzagire urwibutso rwiza rw’igihe namusabye ko tubana.”
Uyu musore yemeje ko mbere yo kuhaza bari banyoye inzoga ariko zitari nyinshi, bigakekwa ko umukunzi we yari yasinze, akabura imbaraga zo kwigenzura.
Urubuga rwa 7sur7 rwanditse ko iyi manga umugore yaguyemo ari ahantu harehare kandi heza ngo kuko abantu benshi baba ab’imbere mu gihugu n’abavuye hanze baza kuhasura, ariko ngo nta buryo bwo kurinda impanuka bwigeze buhashyirwa.
Ijambo ry’Imana rivuga ko ntamuntu wabasha gusimbuka umunsi we, aha Bibiliya itugaragariza ko buriwese agira umunsi we wogupfa.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.