Kurikiza inama abahanga batanga niba ushaka kubyara impanga(amahashya).
September 20, 2024
Hagaragajwe amakosa abantu bakora agatuma bahora mu bukene.
September 20, 2024
Umutwe uzwi nka Wazalendu, wiyemeje gufasha igisirikare cy’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), ku rwanya umutwe w’inyeshamba wa M23, k’umunsi w’ejo hashize, itariki ya 08/01/2024, bakozanijeho bikaze na FARDC.
Iy’i mirwano yabereye mu bilometre 30 n’u Mujyi wa teritware ya Beni, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.
Nk’uko iy’inkuru iva mubuyobozi bw’ibanze ibivuga n’uko iyo mirwano yarikarishye aho y’umvikanye mo imbunda ziremereye n’izito, kuva igihe c’isaha z’igitondo bageza ku gicyamunsi.
Umwe mubayobozi bayoboye Komine ya Katembo, muri teritware ya Beni, yavuze ko urufaya rw’amasasu y’umvikanye muri ibyo bice ko yatumye abaturage bahahamuka abenshi bibaterera guta ibyabo bakwira imishwaro ndetse ko ibikorwa byinshi byahise bihagarara harimo ko amasoko yahagaze no mugihe muri RDC Amashuri yari yafunguye hose mu Gihugu ariko muri ibi bice Amashuri ntiyigeze afungura nk’uko byavuzwe n’umuyobozi.
Uwo muyobozi yavuze ko iyo mirwano yaguyemo abarwanyi ba tandantu(6) bo muri Wazalendu abo k’uruhande rwa leta abenshi ko bakomeretse nk’uko bya vuzwe.
Bruce Bahanda.
Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.
© 2024 Minembwe Capital News- Amakuru yizewe.
© 2024 Minembwe Capital News- Amakuru yizewe.