Itsinda rya Wazalendo, bongeye gutegura imyigaragambyo simusiga nkuko iyi nkuru igaragara yatanzwe n’Umunyamakuru Justin Kabumba, yatangaje ko iyo myigaragambyo izaba kumunsi wa Gatatu muriki Cyumweru tariki 13/09/2023.
Ni myigaragambyo izaba igamije ngo kwirukana ingabo z’umuryango wa b’ibumbye(MONUSCO) zikorera mubice by’Uburasirazuba bw’iki gihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo aho bivugwa ko zihamaze imyaka irenga 18. Wazalendo bavuga ko izi Ngabo ngunubwo zaje kugarura amahoro muraka karere ariko ko ntanakimwe ngozaba zigamije kumarira abanyekongo n’imugihe intambara zanze guhagarara hubwo zikomeza kwiyongera nkuko bariya Wazalendo babyivugira.
Iyo myigaragambyo kandi ngwizaba igamije gusaba ko muri RDC hakorwa ubutabera kuri Wazalendo baheruka kwicwa n’inzego zishinzwe umutekano muri Republika ya Democrasi ya Congo mugace ka Goma nimugihe tariki 30/08/2023, hishwe Wazalendo benshi. Leta yatangaje ko abishwe bageze kuri 51 naho Wazalendo ubwabo bavuga ko hishwe abarenga 163.
Ibi byatumye Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru Lt Gen Ndima, ahagarikwa ndetse n’abandi ba Colonel babiri barimo ukuriye ingabo zishinzwe kurinda umukuru w’igihugu (GR) bikavugwa ko aribo bayoboye ibitero byahitanye abo Wazalendo.
Abanyekongo muri Kivu y’Amajyaruguru na Kivu yamajy’Epfo bagize igihe basaba ko izi Ngabo za Monusco zabavira mugihugu ndetse n’ingabo za EAC ko nazo zava kurubu butaka bw’igihugu ca RDC.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.