Wazalendo, bakoreshwa n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, barashinjwa ubujura no gusahura ibya baturuge, i b’Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.
Wazalendo, bakoreshwa n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, barashinjwa ubujura no gusahura ibya baturuge muri Quartier ya Kabindura, Komine Kalundu, muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.
Ibi bikorwa by’urugomo bikorwa na Wazalendo, byo ngeye gukorwa mw’ijoro rya keye, ryo kw’itariki 01/01/2023.
Nk’uko iy’inkuru ibivuga, n’uko Wazalendo, mu gukora buriya bujura, baje bitwaje imbunda n’ibyuma, n’inkoni, aho ndetse bamenye n’inzugi binjira ku mbaraga mu mazu imbere, abagerageje ku ba rwanya bahagiriye ibibazo birimo gukomereka.
Ubu hamya Minembwe Capital News, yahawe n’abaturage baturiye ibyo bice, bagize bati: “Umuyobozi wa Avenue, Musohoko, bwana Sumaili Soma, utuye hafi no kwa Mwami, mu Mujyi wa Uvira, yagerageje ku rwanya abo bagizi banabi birangira akomeretse. Hakomeretse kandi uwitwa Mwengo, nawe ya komeretse agiye kuba rwanya.”
Mu ntangiriro zo kw’iyamamaza kwa perezida Félix Tshisekedi, no mukurangiza gahunda yo kw’iyamamaza kwe, umukuru w’igihugu, Tshisekedi, yagiye avuga ko Wazalendo, bagomba kubahwa no kurekurirwa gukora urugomo rwabo. Ibyo bikaba biri mubituma, Wazalendo bica abasivile ntihagire inkurikizi, kuribo.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.