Umwe mubuyobozi bo mu mutwe wa Mobondo yatawe muri yombi naho umusako mu Ntara ya Kwango wahinduriwe igihe.
Yanditswe na Bruce Bahanda, tariki 08/08/2023, saa 5:40Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Mu Ntara ya Kwango nkuko byari bisanzwe b’ikorwa Umusako wahoraga ukorwa guhera Saha mbili zijoro( 20h) kugeza Saha kuminimwe z’igitondo (5h). Ibi ubuyobozi bw’Intara bwabihinduyeho kuko bategetse ko uwo Musako uzaza ukorwa igihe cya Saha Ine zijoro (22h) kugeza Saha kuminimwe z’igitondo ( 5h), n’ibikorwa kubera umutekano wakomeje guhungabanywa nabo mu mutwe wa Mobondo nkuko tubikesha Radio Okapi .
Iki Kinyamakuru gikomeza kivuga ko uwo musako washizweho kubwo kugerageza kugarura umutakano muri kano karere n’imugihe umutwe wa Mobondo ushinjwa kwihisha mubaturiye aka gace kose k’Intara ya Kwango.
Amasaha yongerejwe byavuzweko ari kunyungu z’Abadamu ba bacuruzi bacururiza muri centre ya Kenge homu Ntara ya Kwango, kugira baze ba bona uburyo bashingura ibicuruzwa byabo mugihe baba barangije imirimo yabo nkuko biri mubyavuzwe na Adelare Nkisi Minisitiri wubutabera akaba n’umuvugizi wa guverinoma w’Intara ya Kwango.
Andi makuru yamaze kuja hanze nuko harumuyobozi womu mutwe w’itwaje imbunda wa Mobondo wafashwe kuriki Cyumweru yafashwe afatiwe muri teritware ya Popokabaka afatanwa n’umwambaro w’umusirikare wa guverinoma (FARDC), waruheruka kwicirwa kukiraro cya Kwango. Uyu muyobozi womu mutwe w’itwaje imbunda wa Mobondo, yafatanwe imbunda na masasu, bikavugwako ko arabaturage ba mufashe maze abari bashinzwe ku murinda bo barahunga birukiye muma Shamba.
Ayamakuru yemezwa kandi na Minisitiri Adelare, aho avuga ko uwo muroberi yafatanwe sharijeri yamasasu y’imbunda bita Ak10 hamwe numwambaro(Impuzakano) wa Lieutenant Colonel Bienvenue, wishwe arashwe nizo Nyeshamba.
Iyi Ntara ya kwango igize igihe irimo ibibazo by’umutekano gusa mumezi ane(4) ashize byafashe indi ntera nimugihe abantu benshi bashwe abandi barenga 20.000 barahunga bikavugwako bahungiye Kenge.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.