Igisirikare c’u Burundi cyahakanye ko kitigeze kigirana ubufanye ubwari bwo bwose n’u mutwe w’itwaje Imbunda ukorana n’Ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo ariwo Wazalendo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ahakomeje kubera imirwano hagati ya M23 n’ingabo za RDC nabafasha babo.
Zir’iya Ngabo z’u Burundi zoherejwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, n’u muryango wa Afrika y’iburasizuba (EAC) kugira bagarure amahoro n’umutekano muribyo bice.
Uku guhakana kw’ingabo z’u Burundi gusubiza amakuru aheruka gutangazwa n’ubuyobozi bwa M23 ko ingabo z’u Burundi zifatanya na Wazalendo na FDLR k’urugamba rukomeje kubica bigacika M’uburasirazuba bw’iki gihugu ca RDC, nimugihe kandi kuri uyu wa Kabiri, tariki 07/11/2023, uriya mutwe wa M23 werekanye bamwe mubasirikare b’u Burundi bafatiwe k’urugamba .
Colonel Floribert Biyereke, umuvugizi w’ingabo z’Uburundi, ahakana ay’amakuru agira ati: “Amakuru banyujije kuri tereviziyo y’u Rwanda RTV, ashinja ingabo z’u Burundi zoherejwe mu Majy’Aruguru ya Kivu ko zikorana n’imitwe yitwaje imbunda, ko kandi tubatoza ngo tukabaha imbunda, rero ayomakuru n’ibinyoma.”
Ibi bibaye mugihe hari amakuru avuga ko itsinda ry’Abasirikare Barundi bar’ i Kitshanga kobataye i kambi bahoragamo muribyo bice nyuma y’uko babwiwe ko umutwe wa M23 kowaba ugiye kubagabaho ibitero.
Zir’iya Ngabo z’u Burundi zari muri ako gace bahita bazingura barahunga ntarusasu ruvuze nk’uko byavuzwe kuva kuri uyu wa Gatatu.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.