Ingabo za Republika ya Democrasi ya Congo, Zirashinjwa kwica abaturage baturiye uduce two muri Bwito nahandi.
Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 06/07/2023, saa 3:15pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Inyeshamba zomumutwe wa M23, zirashinja ingabo za Republika ya Democrasi ya Congo (FARDC), kuba inyuma y’ubwicanyi bwakorewe abaturage baturiye uduce two muri Bwito, Bungushu, Tongo nomunkengero Zaho.
N’ubwicanyi bwavuzwe muriyiminsi itatu hagize igihe havugwa imirwano hagati ya M23, nihuriro ry’imitwe ikorana byahafi n’Ingabo za Republika ya Democrasi ya Congo, ariyo Wazalendo, CMC, Nyatura, FDLR ndetse n’a Mai Mai. Muriyo mirwano havuzwe kandi ko ingabo za Fardc zagiye zitanga umusaada nkomubice bya Kausa ndetse nomunkengero Zayo.
Uku kwamagana ingabo za Republika ya Democrasi ya Congo (FARDC), biri mwitangazo umutwe wa M23, bashize ahagaragara ririho umukono w’umuvugizi wuyu mutwe mubya Politiki bwana Lawrence Kanyuku.
Bagize bati :”Ubuyobozi bw’umutwe wa M23(23 Mars,) bubabajwe n’ubwicanyi, budashira bukomeza gukorerwa abaturiye teritware ya Masisi. Ubu bwicanyi bwabereye muri Bwito, nomunkengero zayo. N’ubwicanyi bukorwa n’ingabo za Republika ya Democrasi ya Congo FARD. Izingabo zikora ubw’icanyi buzira kugira impuhwe!! birababaje kubona iki gihugu n’a mahanga bikomeje guceceka ndetse bituma habaho gukuraho itangaza makuru nubufasha bw’amuntu mwiki gihe.”
“Uyu mutwe wa M23 urashinja abicanyi bakoresheje imbaraga zose namayeri bakica ab’Anyagihugu mwijoro ryokw’itariki 04/7/2023, i Bungushu, Tongo no munkengero zaho. Abarinyuma yubu bwicanyi n’ingabo za Republika ya Democrasi ya Congo FARDC.”
“M23 ikaba imenyesha abanyecongo bose namahanga ko abaturage biki gihugu batawe batakigira kirebwa mugihe bugarijwe na kaga. Bicwa burimunsi ndetse nibyabo b’ikibwa bigasenywa n’ingabo za Kinshasa zakagombye kubashakira umutekano.”
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.