Umuryango wa Colonel Mahoro Ntagenzwa Ruterera, uratabariza uyu Musirikare urwariye mw’ibohero rikuru rya Kinshasa ko yavuzwa Kandi akitabwaho.
Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 22/07/2023, saa 6:17Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Uyu muryango wagize uti: “Colonel Mahoro Ntagenzwa Ruterera, umusirikare wahoze mungabo za Republika ya Demokarasi ya Congo ( FARDC), wamenyekanye cyane muri RDC, igihe yaharaniraga ko iki gihugu kigira amahoro n’imugihe yarwanya ga umwanzi wa RDC uwariwe wese yivuye inyuma. Ubwo yatabwaga muriyombi yaragifite igikomere ari muri Koma agendera mukagari ka Demiap, nyuma yuko yari yarasiwe kurugamba ahanganye numwanzi wa leta ya Kinshasa.”
“Uyu Musirikare yafatiwe Uvira muntara ya Kivu yamajy’Epfo, aho yarimo avurirwa i gikomere yakomerekeye muntambara yokurwanya abanzi ba guverinema ya Republika ya Demokarasi ya Congo. Hanyuma amaze gutabwa muriyombi yoherejwe arimo serumu, abanza guca munzego z’ubutasi kugira ngobabanze bamenye icafungiwe.”
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.