Itsinda rya Twirwanaho, kumunsi w’ejo hashize bari bakajije umutekano, muburyo bisa n’Ingabo za Amerika zirwanira Kubutaka.
Yateguwe na Bruce Bahanda, kw’itariki 29.05.2023, saa 3:00pm, Kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Kumunsi w’ejo hashize tariki 28.05.2023, abakirisitu ba Minembwe mwitorero rya 8ème CEPAC, bakoreye umukutano mugace ka Rutigita ho mumajy’Epfo ya Komine Minembwe.
Rutigita abaturage baho bari barahunze Muntambara za Maï Maï Bishambuke igihe basenyaga akarere kagize imihana ya Malango, gusa kurubu bongeye kugaruka nimugihe havugwa agahenge kamahoro, itsinda rya Twirwanaho rikaba rifite uruhare runini kugira akarere kagarukemo amahoro.
Mugihe abakirisitu ba Minembwe bo Mwitorero rya 8ème CEPAC, bari mugiterane cya Pentecôte, bivugwako abaturage b’Irwanaho bo mwitsinda rigize Twirwaneho, iyobowe na Colonel Rukunda Michel Makanika, wungirijwe na Colonel Charles Sematama, bagaragaje ubuhanga mugukaza kurinda umutekano muribi bicye bya Rutigita, aho bivugwa ko bari bameze nkingabo za Amerika zirwanira Kubutaka.
Aba basore bari bambaye uniform (impuzakano), zirimo amabara yikigina nahasa nigitare.
Ikindi nuko bari bakoze amatsinda atatu rimwe ryari hakurya ya Rutigita aho bita Mukane ureba u Rulenge rwose, bivuze ko bari bitegeye u Rulenge, aha akaba ariryo rembo rivamo Maï Maï Bishambuke.
Irindi tsinda ryari Kwa Kajene, abandi bari munkengero za Rutigita uturuka Irembo rigana mu Minembwe Centre.
Abagize Twirwaneho bari bakajije umutekano, kandi bahagaze nkamatsinda agize ingabo za Amerika zirwanira Kubutaka.
Muruyu mukutano wabereye mu Rutigita wa 8ème CEPAC, ngo habaye umunezero mwinshi nimugihe bari buzuye mpwemu wera usa nuwamanukiye Intumwa igihe cya Pentecôte ahagana mumwaka wa 45, nyuma yimyaka 15 Yesu agiye mwinjuru.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.