Itsinda rya bategetsi bane riyobowe na Perezida Félix Tshisekedi, bongeye gusuzuma ikibazo cya Etat de siège.
Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 22/08/2023, saa 6:40Am, Kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Kuruyu wa Mbere itsinda ryabategetsi bane bayobowe na Perezida Félix Tshisekedi, bongeye gusuzumira hamwe ikibazo kigize iminsi kivugwa muri leta ya Republika ya Democrasi ya Congo, cya Etat de siège.
Ibi babikoze nyuma yuko i Kinshasa, hari hashize amasaha make havuyemo Inama yari yateranije abategetsi batandukanye barimo naba Guverineri b’Intara ya Ituri na Kivu y’Amajyaruguru. Ni Nama y’igaga ku kibazo cya Etat de siège, aho bamwe mubitabiriye basaba gako iyo Etat de siège ivanwaho.
Etat de siège yariyarashizweho na Perezida Félix Tshisekedi, nimugihe yiringiragako inzego za Gisirikare arizo zagarura umutekano Muburasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo.
Abategetsi babanye na perezida Tshisekedi kumunsi w’ejo hashize hari Minisitiri w’intebe Michel Sama Lukonde, Bahati na Mukolo baje bahagarariye inteko Nshinga mategeko ndetse na Mbata waje aserukiye Urukiko remezo rw’itegeko Nshinga muri RDC.
Ubwo Minisitiri w’intebe Michel Sama Lukonde, yaganiraga n’itangaza makuru kubyerekeye iyo nama yagize ati: “Mu Nama y’umwiherero na Perezida Félix Tshisekedi, umukuru w’igihugu yadusabye kongera gukangurira abaturage bo Muburasirazuba bw’iki gihugu, kumenya umwanya wabo nuruhare bagomba gukoresha mugukorana na Etat de siège mukurinda umutekano wako karere.”
Sama Lukonde, yongeyeho Kandi ko muruwo mwiherero baganiriye no kukibazo kijanye na Matora ateganijwe kuba muri uyu mwaka.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.