Bigenda bitera imbere, Dynamique, ishirahamwe ryatangijwe na Minisitiri Alexis Gisaro Muvunyi, (AGM), ikomeje kw’iyubaka arinako ifasha abaturage bo mubice bigize teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu yamajy’Epfo, mugihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.
Amakuru avuga ko tariki 19 /10/2023, ku Cyicaro gikuru c’ir’ishirahamwe, i b’Uvira, kwariho intumwa z’abayobozi ba AGM, bakiriye abayobozi Gakondo, bo mubwoko bw’Abapfulero bakunze kwita ba “Notable,” aba ahanini bagiye bava mukarere ka Masango, mu misozi mireremire ya Uvira.
Nk’uko Minembwe Capital News, yabwiye n’uko ziriya ntumwa zo mubwoko bw’Abapfulero, zaje z’iyobowe n’uwitwa Chef Ruhanika, baje kubonana n’abahuza bikorwa ba Dynamique Alexis Gisaro Muvunyi, bakorana ikiganiro byavuzwe ko cyamaze umwanya munini aho baje gusinyana amasezerano y’ubufatanye. N’amasezerano byavuzwe ko harimo gushigikira Alex Gisaro, mu Matora y’abadepite ateganijwe kuba mu minsi mike irimbere muriki gihugu ca RDC.
Ay’amakuru akomeza avuga ko Gisaro ari umukandinda k’ubu Depite k’urwego rw’i Ntara, ariko ngo azatorerwa muri teritware ya Uvira.
Iz’intumwa za AGM, bakaba barahaye ba Notables, murwego rwokubashimira Isekuru yoguhura ibigori( Moulin).
N’ubwo bigaragara ko Ministre Alexis Gisaro Muvunyi arimo ariyubaka ndetse akaba akora iyo bwakaba ngo afashe abo muri teritware ya Uvira, abandi n’abo bo m’ubwoko bwa b’Apfulero bavugako atangomba gukandagira k’ubutaka bwabo muri Uvira.
Aba batamushaka ban’umvikanye bavuga ko adakwiye kw’iyamamariza muri aka gace ka Uvira, mu Ntara ya Kivu yamajy’Epfo.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.