Leta ya Republika ya Democrasi ya Congo, ngwisanzwe ihemba abakozi batabaho(Waringa).
Yanditswe n’a: Bruce Bahanda, kw’itariki 20/07/2023, saa 9:00Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
I shamyi rishinzwe kugenzura imikorere nimihembere yabakozi bakorera Guverinema ya Republika ya Democrasi ya Congo baraye bashize ahagaragara raporo baribagizemo igihe kingana numwaka.
Ir’ishamyi rikaba ryari rimaze iyominsi yose bakurikirana uburyo abakozi ba Kinshasa bishurwa kukwezi ndetse no kumwaka.
Iyi raporo ikaba yatanzwe numuyobozi wiryotsinda r’ishinzwe kugenzura imihembere bwana Julari Ngete akaba yayitangiye imbere yabanshizwe kwishura abakozi mu gisirikare muri police mu Mashuri ndetse nabanditsi bakuru bibigo bya Guverinema ya Kinshasa.
Nkuko byavuzwe nuko iyo raporo yuzuyemo inenge ninshi aho basanze abakozi bagera kuri 145604 bishurwa na Guverinema ya Kinshasa ariko bakishurirwa kuco bise inyandiko mpibano.
Abakozi bagera kuri 53328 bakaba bishurwa nkuko biri ariko basanganwe inyandiko zoguhemberwaho zigera kuri zibiri , mbese bagahembwa inshuro zirenga rimwe.
Mugihe abandi bagera kuri 93356, bishurwa na leta ya Kinshasa mumibare itazwi nabandi bakozi bakorana.
Iyi raporo kandi yagaragaje ko hari undi mubare wabakozi ba leta bagera kuri 43725 bishurwa amafaranga aciye muri ministeri y’Ingabo ariko batazwi nibigo bakorera.
Hari rindi tsinda ryabantu bagera kuri 931 bakorera minisiteri yimari basanzwe bahemberwa muri ministeri zirenga zitanu kandi kugihe kimwe.
Ikigega ca Guverinema ya Kinshasa kikaba burigihe ico kwishura abakozi ku kwezi abazwi nabatazwi, Amafaranga asohoka ku kwezi murico kigega ca Congo Kinshasa akaba angana n’amafaranga mumafaranga ya Congo Kinshasa. 148.999.749.440.95 FC.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Congo ntiteze kuja kumurongo mumihembere yabakozi nikimungu chamaze kubamunga aho usanga umuntu yarapfuye kera cge baramwirukanye kukazi ariko bagakomeza kurya ifarangaze