Umwe mu bayobozi bakomeye b’Ingabo za RDC, General Gabriel Amis Tangufort, arashinjwa kuba mu mugambi wo gushaka guhirika u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.
N’ikuri uy’u wa Kabiri, tariki ya 02/01/2024, byagaragaye nyuma y’uko itsinda ry’Ingabo ninshi, zo mu barinda umukuru w’igihugu ca RDC (GR), bazengurutse urugo rwa General Amis Tangufort.
Nk’uko iy’inkuru yatangajwe bwa mbere n’ikinyamakuru cya Top Kivu, cyavuze ko urugo rwa General Amis Tangufort, rwa goswe n’Abasirikare ari uruherereye Mitendi, muri Komine ya Mont-Ngafula, i Kinshasa, kumurwa mukuru w’igihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.
Ibi bibaye mugihe Perezida Félix Tshisekedi, aheruka kwe gukana intsinzi, ku majwi 73%, mu matora aheruka gutangazwa bya gateganyo, tariki ya 31/12/2023.
Ibyo abakandida batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, abarimo Moïse Katumbi, Martin Fayulu na Dr Denis Mukwege, bakomeje kunenga bakaba bari gusaba ko Amatora yasubirwamo bundi bushya bitaba ibyo hagafatwa ingamba nshyasha.
Bya vuzwe ko ibi byatumye haba urwikwekwe hagati mu butegetsi bwa Kinshasa, ahanini mu basirikare bakuru bagize igisirikare ca FARDC.
Gen Amis Tangufort, yigezeho kuba akuriye Ingabo za RDC zirwanira k’u butaka.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
M23 Na Twirwaneho nizihuze Na AFC,zigire inguvu zikomeye tubone ubwigege