Amakuru yi mikino agezwe nuko Benzema, yamaze gutandukana Na Real Madrid .
Karim Benzema byamaze kwemezwa ko yatandukanye na Real Madrid. Iyi kipe akaba yarayikiniye imikino 643 ayitsindira ibitego 353 atanga Imipira ivamo ibitego assist 165. Atwarana nayo ibikombe bigera kuri 25 ahabwa na Ballon d’or 1, yabaye nu mukinnyi mwiza Iburayi inshuro 1 gusa, Benzema atandukanye na Real Madrid Aho hateganijwe ko muri iki cyumweru ari bwerekeze Muri Arabi Saudite, muri Al Hilary Aho izamuha Amapaund angana na 100 Milioni kumwaka. Aha akaba agiye guhangana nuwahoze bakinana Cristiano Ronald muri Real Madrid, iyi nkuru ikaba ikuri kiwe na messages yinshi zimwifuriza ejo heza .
Real Madrid yarekuye Marco Asensio we nawe ntakiri Umukinnyi wa Real Madrid nkuko yamaze gusinyira PSG yo Mubufansa ntacyo PSG imutanze ho kuko Contra ye yariyaragiye akaba yashize umukono kumasezerano azaragira 2027 Aho azajya ahembwa £ 10 Million ku Mwaka .PSG ikaba imutsindiye mugihe yarihanganye na Aston Villa na Ac Milan Ariko Asensio we ahitamo ko akomereza I Paris muri PSG .
Tukiri muri Real Madrid yemejo ko yamaze Gutandukana Na Mario Ariko Indi nkuru iri kuvugwa cyane Ni Ihagarikwa Rya Masezerano ya Eden Hazard nyuma yuko ageze muri Real Madrid aho ya mutanzeho Million 100 zama Pounds ariko ageze I Madrid biranga kugeza aho atakaje umwanya ubanza mo kubera Imvune nyishi yagize mumyaka 3 amaze ntakintu yigeze ayifasha Real Madrid kugeza ho binjiye mu biganiro birangira bemeje gusesa amasezerano ariko Real Madrid iza muha Million 7 Igitegerejwe niba akomeza cyagwa ahagarika gukina nkuwabigize umwuga agasezera araza gutanga Umwazuro we muri iki cyumweru kirikuza akaba abaye umukinnyi wa 4 Umaze Gutandukana Na Real Madrid murubwo buryo.
PSG Mubiganiro nu wahoze atoza Bayern Munich Julian Nagelsmann kugira ngo asimbure Galtier nawe utari rukanwa amakuru ava Mu bufaransa nuko Nasser Al khelaifi ko atishimiye umusaruro we uno mwaka aho iki cyumweru dutangira ashobora kwirukwanwa bikavugwako ari we wahita amutsimbura nyuma yuko atangaje ko ntabiganiro yigeze agira na Tottenham .
Chelsea yo yamaze kwakira Nkuku wasinyijije Mbere, ariko Chelsea iba imuretse RB Leipzig agiye uno Munsi nibwo yakoze Isuzuma ryu buzima Test Medical akaba yiyongereye kubandi, aho ino kipe ya Chelsea yamaze gutanga Joe Filx imusubiza muri Atletic Madrid iri kumvikana na Inter Milan kuri Lukaku nimugihe Sky sports yamaze gutangaza ko bari kumvikana. Manchester United na Mason Mount aho Manchester United yatanze 50 za ma pound ariko Chelsea yo igashaka 80 Ariko ibyemezo biraza gufatwa na Mouricio Pochettino.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.