Moïse Katumbi, wahanganye na perezida Félix Tshisekedi, mu matora yo kw’itariki ya 20/12/2023, yasabye ko Denis Kadima, yeguzwa k’u mwanya wo guhagararira Komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora (CENI).
K’uwa Gatanu, tariki ya 05/01/2024, n’ibwo Denis Kadima, yatangaje ko abakandida bagera kuri 82 amajwi y’abo yagizwe imfabusha.
Nyuma yabwo gato, tariki ya 07/01/2024, i Shyaka rya Ensemble pour La République, rya Moïse Katumbi, ryahise rishira icyegeranyo hanze gisaba ko Amatora munzego zose yabayemo uburiganya bityo ko agomba gusubirwamo bundi bushya.
Kuri ubuho, Moïse Katumbi, umuyobozi mukuru w’i Shyaka rya Ensemble pour La République, yasabye ko Denis Kadima, uhagarariye Komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (CENI), yeguzwa kuri uyu murimo.
Moïse Katumbi, ati: “Kadima Denis, niwe wagize uruhare runini kugira Amatora akorwe muburiganya. Ay’amatora yateguwe nabi nta handi kw’Isi haraba Amatora nkayo Kadima yateguye.”
Yakomeje agira ati: “Amahanga dukomeje kuyereka Amatora ateye isoni yabaye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Nta kindi gisubizo dutegereje usibye ko Amatora yasubirwamo naho Kadima Denis, akinjira uburoko yabanjye kweguzwa.”
Ibi bibaye kandi mugihe umucyamanza mukuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bwana Firmin Mvonde, ahamagariwe gukurikirana abakandida 82 amajwi y’abo yasheshwe bazira ko bagize uruhare mugukora uburiganya mu matora aheruka.
Abakandida 82 k’u mwanya wa badepite, ibyabo byabaye imfabusha mugihe Denis Kadima, yabashinjye ko bakoresheje ruswa n’ubujura kugira batsinde Amatora.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.