Leta ya RDC yongeye gutangaza ko Umunyamabanga mukuru w’umuryango w’ibihugu bivuga igifaransa Louise Mushikiwabo ko azitabira amarushanwa y’imikino ateganywa kubera i Kinshasa.
Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 25/07/2023, saa 6:07Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Nyuma yuko leta ya Kinshasa, itangaje ko Umunyamabanga mukuru w’umuryango w’ibihugu bivuga ururimi rw’igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo ko atazitabira amarushanwa ya Siporo n’umuco biteganijwe kubera i Kinshasa kumurwa mukuru wa Republika ya Demokarasi ya Congo, bongeye gutangaza ko azitabira ayi mikino.
Ubwo ibi byagiye hanze byari byatangajwe na minisiteri y’ubanye n’amahanga ya RDC, n’imugihe iyi Minisitiri yavuze ikoresheje inyandiko kuri Twitter ivuga ko uyu munyamabanga mukuru w’ibihugu bivuga ururimi rw’igifaransa ( OIF), Louise Mushikiwabo uvuka mugihugu c’u Rwanda atahawe ubutumire bwokwitabira iyi mikino igiye kuba kunshuro ya Cenda(9). Iyi mikino ikazabera i Kinshasa, Igihugu gifitanye amakimbirane ni gihugu c’u Rwanda, namakimbirane amaze igihe kingana numwaka urenga aho leta ya Kinshasa ishinja iya Kigali gutera inkunga umutwe wa M23 urwanya Kinshasa, ibi Kigali ibitera utwatsi hubwo leta y’u Rwanda ikarega Kinshasa gukorana byahafi nu mutwe witerabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze Genoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, ahagana mumwaka wa 1994.
Iyi leta Kandi ya Republika ya Demokarasi ya Congo (RDC), binyuze mu muvugizi wayo Patrick Muyaya yaraye atangarije Abanyamakuru kuruyu mugoroba wo kuwa Mbere tariki 24/07/2023, ko umunyamabanga mukuru w’umuryango w’ibihugu bivuga ururimi rw’igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo ko azitabira iyi mikino.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Valuable info. Lucky me I found your web site by accident, and I am shocked why this accident did not happened earlier! I bookmarked it.