Umuhango wo ku rahira kwa perezida Félix Tshisekedi, wa bereye kuri Stade ya Martyrs, iherereye i Kinshasa k’umurwa mukuru w’i Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yari mu bakuru bi bihugu barenze 14, ba witabiriye, aho ya komewe amashyi arashimwa maze batangaza ko yavuze ko azarwanya “ubushotoranyi,” bw’u Rwanda. Ni byarimo bivugwa na televisiyo y’igihugu ca RDC (RTNC).
Umukuru w’igihugu c’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yageze i Kinshasa k’uwa Gatanu, tariki ya 19/01/2024. Ubwo yinjiraga none tariki ya 20/01/2024, kuri Stade ya Martyrs, saa Saba n’igice ku masaha yo mu Burasirazuba bwa RDC, televisiyo ya RTNC yahise ivuga ko ari inshuti magara ya Congo kuko yi yemeje kunga ubumwe na Tshisekedi mu kibazo cye, n’u Rwanda.
Bagize bati: “U Burundi buheruka gusinya amasezerano ya gisirikare na RDC, u Burundi bwashigikiye RDC mu bihe bikomeye, kubera ubushotoranyi bw’u Rwanda.”
“U Burundi nti bufite icyerekezo kimwe n’u Rwanda rushotora igihugu ca RDC, murebe uburyo perezida w’u Burundi ahawe icyubahiro hano muri Stade ya Martyrs.”
Mu byu mweru bibiri bishize Evariste Ndayishimiye, yashinje u Rwanda gufasha Red Tabara, ibyo u Rwanda rwakomeje gutera utwatsi ndetse bavuga ko nta shingiro bifite ni mugihe umutwe wa Red Tabara wagabye ibitero mu Burundi uvuye mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo mu Gihugu ca RDC.
Umuhango wo ku rahira kwa perezida wa RDC, witabiriwe n’aba kuru b’ibihugu barenze 14.
Harimo perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, João Lourenço, wa Angola, Denis Sassou, wa Congo Braza-vile, Nana Akufi-Addo, wa Ghana, Adama Barrow, wa Gambie, Idriss Deby, wa Tchad, Lazarus Chakwera, wa Malawi, Sissoco Ambalo, wa Guiee Bisau.
Harimo kandi perezida Cyril Ramaphosa, William Ruto, wa Kenya, Hakainde Hichilema, wa Zambie n’uwa Republika ya Zimbabwe ndetse na perezida wa RCA.
Mu bandi Banyacyubahiro bitabiriye u muhango wo ku rahira kwa perezida Félix Tshisekedi, harimo na minisitiri w’ubanye n’amahanga w’ubumwe bwa Emirats Arabe na delegation ya leta Zunze ubumwe z’Amerika.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.