I gihugu c’u Burundi, gishobora kwisanga muntambara ya karere .
Ibi n’ibyaraye bitangajwe n’Intumwa y’u muryango w’Abibumbye, muri RDC, Bintu Keita, ubwo bari mu Nama idasanzwe yaka Nama kuriya muryango yateranye kuri uyu wa Mbere, tariki ya 11/12/2023.
Bintu Keita, yagize ati: “Gushamirana hagati y’i gihugu c’u Rwanda na Congo Kinshasa, byongeye kwiyongera muri ibi bihe u mutwe wa M23 ukomeje kwambura ingabo za FARDC ibice birimo na Mushaki, kandi bishobora kuzana intambara izakora no ku gihugu c’u Burundi, mu gihe batabyitwaramo neza.”
Aha Bintu Keita, yarimo atanga raporo k’u mutekano wa RDC. I byo yabivuze mu gihe kandi Ingabo z’u Burundi z’ibarizwa k’ubutaka bwo mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo(TAFOC), zishinjwa na M23 gufatikanya n’ihuriro ry’Ingabo za RDC kurwanya umutwe wa M23.
Gusa leta Zunze Ubumwe za Amerika, zatangaje ku wa Mbere, w’ejo hashize, ahagana isaha z’igitondo ko ubutegetsi bwa Kinshasa na M23 bemeye guhagarika imirwano mu gihe cya masaha 72, ayo masaha akaba yaratangiye kubarwa saa sita zuwo munsi.
Bintu Keita, yatangaje ko intambara ishobora kwaduka mu karere igakora no ku gihugu c’u Burundi, mu gihe ku Cyumweru, tariki 10/12/2023, u mutwe w’Inyeshamba wa Red Tabara, wari umaze kwigamba ko wahitanye abasirikare b’u Burundi batatu(3), mu gitero bari bagabye muri Komine Gihanga mu Ntara ya Bubanza.
Uy’u mutwe wa Red Tabara, wigambye gukora icyo gitero ukoresheje urubuga rwa X rwahoze rwitwa Twitter.
Bagize bati: “Abasirikare ba tatu(3), b’u Burundi bahasize ubuzima mu gitero twabagabyeho kandi ikiraro twarwaniyeho cya Kajeke cyangiritse.”
Uriya mutwe wa Red Tabara, wanatangaje ko k’uruhande rwabo nta muntu wapfuye cangwa ngwa komereke.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.