Abasirikare b’u Burundi, baheruka kuvanwa mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo batahukanwa i Burundi, bya vuzwe ko bari mu kaga gakomeye na basigaye i Goma nabo n’uko.
Byamaze kumenyekana ko abasaga 900 bo muri ziriya Ngabo z’u Burundi zabarizwaga muri RDC ko arizo zamaze kugera i Bujumbura, kuri uyu wa Gatandatu, tariki 09/12/2023, aho binemezwa ko bajanwe mu makambi atatu 3, ar’iyo: “Muzinda, Mujejuru na Cyibitoki.”
Mu Makuru dukesha urubuga rwa Pacifique Nininahazwe, w’u murundi ukora mu muryango wa FOCODE, utabariza abarundi baba bara buriwe irengero, yanditse avugako bariya basirikare ba babaye.
Pacifique, yagaragaje ko bamwe muri abo basirikare bamu menyesheje bakoresheje i telephone, ba mu bwira bati: “Ubu tuvugana turi mw’ikambi y’igisikare ya Muzinda, imwe mu makambi abavuye Congo bazanwemo. Rero turababaye bidasubirwaho ikibabaje badufunze tutambaye imyenda usibye utuboka gusa. Barimo kudusambisha umwe umwe ukwe.”
Bariya basirikare banamusabye ku batabariza munzego zigisirikare hejuru.
Ati: “Nyakubahwa mutubwirere abayoboye igisirikare ko tubabaye.”
Iy’i nkuru ikomeza ivuga ko n’abasigaye muri RDC bo muri ziriya Ngabo z’u Burundi bariho nabi. Ibi byahinduye isura nyuma y’uko ingabo z’u Burundi zanze kongera kurwana n’umutwe w’inyeshamba wa M23, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Aho bya giye bivugwa ko bariya basirikare babwiye ubuyobozi bwabo ko intambara barimo arizamafuti.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.